SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Imyidagaduro

Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul Published February 17, 2025
Share
SHARE

Shakira uri mu bahanzikazi bakomeye ku Isi, yatangaje ko yarwariye muri Peru, aho yari yagiye gukorera igitaramo kiri mu bizazenguruka Isi yise ‘Las mujeres Ya No Lloran World Tour’, ndetse ahita agisubika.

Amakuru yo kurwara kwa Shakila yayatangaje abinyujije ku rubuga rwa Instagram.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko yarwaye mu nda ajyanwa mu bitaro, bityo asaba imbabazi abafana be ku bwo kudashobora kubataramira.

Yavuze ko abamufashije gutegura ibyo bitaramo bagiye gushaka itariki ya vuba cyimurirwaho.

Ati “Mbabajwe no kubabwira ko mu ijoro ryakeye najyanywe kwa muganga by’igitaraganya kubera kurwara mu nda none ubu ndi mu bitaro. Umuganga uri kunyitaho yambwiye ko ntashobora kuririmba uyu mugoroba.”

Shakira yakomeje agira ati “Ndizera ko ejo nzava mu bitaro ku buryo mu minsi ya vuba bishoboka nzabakorera igitaramo nari narabateguriye.”

Shakira uheruka kwegukana igihembo cya Grammy mu cyiciro cya Best Latin Album abikesha “Las mujeres Ya No Lloran” yari gutaramira ahitwa Andean ku wa 16 Gashyantare 2025.

You Might Also Like

R Kelly yahishuye ko ubuzima bwe bugeramiwe muri Gereza afungiyemo

Ibyifuzo byababuranira P Diddy byongeye kwangwa mu rukiko

King James yahishuye ko azakora ibitaramo byinshi ubwo azaba yizihiza imyaka 20 amaze mu muziki

Producer Niz Beat yashimye uruhare Mico The Best yagize mu ikorwa ry’indirimbo Sana ya Afrique

Umuhanzi Kevin Montana arashinja Ish Kevin Ubuhemu

Nsanzabera Jean Paul February 17, 2025 February 17, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Abasirikare 2 ba RDF baguye mu butumwa bw’amahoro bunamiwe muri Loni

May 30, 2025
Andi makuru

Perezida Kagame afungura Inama ya Africa CEO Forum yashimangiye ko Africa ishoboye byose

May 16, 2024
Imyidagaduro

Itorero Intayoberana ryunamiye abazize Jenoside yakorewe Abatutsi bashyinguye mu rwibutso rwa Kigali

May 16, 2025
Imyidagaduro

Davido yayomoje amakuru avuga ko we n’umugore we bibarutse Impanga

October 12, 2023
Imikino

Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko abakinnyi inkuba yakubise basezerewe mu bitaro.

January 15, 2024
Imyidagaduro

Super Manager yavuze imyato Perezida Kagame mu ndirimbo yise :Umugabo w’ibikorwa (Video )

May 6, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?