SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi
Imyidagaduro

Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 17, 2025
Share
SHARE

Shakira uri mu bahanzikazi bakomeye ku Isi, yatangaje ko yarwariye muri Peru, aho yari yagiye gukorera igitaramo kiri mu bizazenguruka Isi yise ‘Las mujeres Ya No Lloran World Tour’, ndetse ahita agisubika.

Amakuru yo kurwara kwa Shakila yayatangaje abinyujije ku rubuga rwa Instagram.

Uyu muhanzikazi yatangaje ko yarwaye mu nda ajyanwa mu bitaro, bityo asaba imbabazi abafana be ku bwo kudashobora kubataramira.

Yavuze ko abamufashije gutegura ibyo bitaramo bagiye gushaka itariki ya vuba cyimurirwaho.

Ati “Mbabajwe no kubabwira ko mu ijoro ryakeye najyanywe kwa muganga by’igitaraganya kubera kurwara mu nda none ubu ndi mu bitaro. Umuganga uri kunyitaho yambwiye ko ntashobora kuririmba uyu mugoroba.”

Shakira yakomeje agira ati “Ndizera ko ejo nzava mu bitaro ku buryo mu minsi ya vuba bishoboka nzabakorera igitaramo nari narabateguriye.”

Shakira uheruka kwegukana igihembo cya Grammy mu cyiciro cya Best Latin Album abikesha “Las mujeres Ya No Lloran” yari gutaramira ahitwa Andean ku wa 16 Gashyantare 2025.

Bwiza yashimiye abahanzi barimo The Ben na Bruce Melodie bemeye gukorana nawe kuri Album 25 Shades
Bushali, Chris Eazy, Bwiza, Afrique na Niyo Bosco, bagiye gutaramira i Burera muri MTN Iwacu Muzika Festival 
Bushali n’abanyarwenya Muhinde,Umushumba na Pirate bagiye gutaramira I Musanze
Amateka ya Bob Marley umaze imyaka 43 apfuye ariko akaba agikunzwe na benshi
Kazungu Denis ukurikiranyweho ibyaha byo kwica abantu 14 urw’agashinyaguro yasabiwe gufungwa iminsi 30 y’agateganyo
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Bc Game 300 Bonus

May 28, 2024

Dewicasino88 Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

What Are The Best Strategies For Winning Real Money Pokies In Australia

September 5, 2023

Trilhardario Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024
Utuntu n'utundi

Perezida Felix Tshisekedi akomeje gushimangira ko nta biganiro azagirana n’u Rwanda

January 31, 2024
Andi makuru

Ingabo z’Afurika y’Epfo zavuye kwizima zemera gutaha zinyuze mu Rwanda

February 24, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?