SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mama wa Eminen yitabye Imana ku myaka 69
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mama wa Eminen yitabye Imana ku myaka 69
Imyidagaduro

Mama wa Eminen yitabye Imana ku myaka 69

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 4, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi  Marshall Bruce Mathers III  uzwi nka  Eminem  ari mu gahinda kenshi nyuma y’urupfu rw’umubeyi we  Debbie  Nelson witabye  Imana

Nkuko  byatangajwe n’uhagarariye umuryango w’uyu  muraperi yavuze ko  Uyu  mubyeyi yitabye  Imana afite  imyaka  69, aho  yaguye  mu bitaro bya  Missouri  aho yabaga

Nubwo  uyu  mubyeyi  yitahiye  umuhungu we  Eminem yakunze  kugenda agaragaza  uburyo yabanaga na mama we abinyujije  mu ndirimbo ze  zakunzwe cyane nka  “My Name Is” na  “Cleanin’ Out My Closet aho yashinjaga  mama  kunywa ibiyobyabwenge byinshi no kutagira  ikintu  na  kimwe yitaho

Nubwo  byakomeje gutyo mu mwaka wa 1999 uyu  mubyeyi yatanze ikirego  cya miliyoni 10 z’amadorali arega umuhungu we kubera   kumusebya ikirego  yaje gutsindira ,ahagana mu mwaka wa  2000 Debbie yasanze yarakoze amakosa ashyira hanze  indirimbo yise “Dear Marshall,”amusaba imbabazi no kutazongera kumuvugaho byinshi

Mu mwaka wa 2002 nibwo Eminen yashyize hanze filime yise  8Miles ivuga ku buzima bwe  aho  umukinnyi wa Filime Kim Basinger yaje gukina muri filime agaragara nk’umubyeyi wabaswe n’ibiyobyabwenge  ashaka kugaragaza ubuzima yabanyemo na Nyina.

Uyu  mubyeyi  yitabye Imana  nyuma yahoo  mu mwaka wa 2008 yanditse igitabo yise “My Son Marshall, My Son Eminem.”mu rwego rwo  kwiyunga n’umuhungu we .

 

Riderman na Chris Eazy batumiwe mu birori byo gusoza Champion Leagues byateguwe na B&B FM
Ibyishimo mu muryango wa Ishimwe Clement na Butera Knowless nyuma yo kwibaruka ubuheture bwabo
Miss Sonia Rolland yahishuye ko gusura urwibutso rwa Jenoside bimufasha kumenya byinshi ku mateka y’u Rwanda
Nasty C niwe uzaba umuhanzi mukuru mu gitaramo cya Davis D
TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Courrendlin Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

How Many Top Online Pokies And Casinos Australia Open

May 28, 2024

Best New Australia Casinos

September 5, 2023

Zombie Slot Game

May 28, 2024

Bet Star Casino

May 28, 2024

Golden Crown Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?