SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )
Imyidagaduro

Maitre Dodian nyuma y’igihe kinini yashyize hanze indirimbo 2 nshya icyarimwe (Video )

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/07/27 at 3:42 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Ngarukiyintwali  Jean De  Dieu wamenyekanye nka  Maitre  Dodian  nyuma y’igihe  kinini yariyeguriye umuziki wa Live  yasubiye  muri Studio  ku busabe  bw’abakunzi  be  ashyira hanze  Indirimbo ebyiri  nshya  arizo Ndabisengera na  Nyemerera  .

Uyu musore wamenyekanye  mu ndirimbo nka Narabyemerewe ,Isoni  n’izindi  ziakunzwe cyane  mu myaka  ishize  yatuganiriye impamvu ataherukaga gushyira  indirimbo hanze  mu myaka ibiri ishize .

Dodian yatangarije Ahupa Radio  ko umuziki atigeze awureka ahubwo yo  yari yarafashe inzira  yo gukora  live  muri band mu rwego rwo kuzamura  ubuhanga bwe ibintu we adafata nko kureka umuziki kuko nubundi yarahari kandi yishimira urwego agezeho kuko  ubu indirimbo  ashobora  kuzikora mu buryo bw’imbona nkubone atarinze kuziririmbira kuri machine gusa .

Tumubajie  imvano y’izo ndirimbo zombi zumvikana ko ari izu Rukundo  Maitre  Dodian yatubwiye ko indirimbo  Ndabisengera  ari indirimbo ivuga  ku Rukundo  rw’umuhungu n’umukobwa bakundanaga ariko umwe  ari kure y’undi bakajya bagira imbogamizi zo kuvugana kenshi . umuhugu we akajya ahora asaba Imana ngo izongere ibahuze  urukundo rwabo rurusheho  kuryoha  akaba ariyo mpamvu yayise  kuriya  kuko ari ibintu  biba ku bantu benshi bakundana  batari kumwe  iteka bicara basaba Imana  kongera kubahuza .

Ku ndirimbo Nyemerera nayo n’iyu  Rukundo  rw’iki gihe  aho abasore b’iki gihe basigaye bakunda gutereta abakobwa ariko ugasanga  abakobwa  batinya  kubemerera urukundo ako  kanya kubera agahinda baba  barahuye nako  mu Rukundo  ariko  we yayikoze asaba umukobwa ko yamwemerera  urukundo kuko we yifuza ko bakundana akaramata kandi urukundo ruzira uburyarya .

Mu gusoza  Maitre Dodian yongeye gusoma abakunzi be  ko bakomeza kumushyigikira bajya ku mbuga nkoranyambaga se  bakamukurikira  kandi nawe arabizeza ko ubu  nta gihe azongera gushyiramo ngo atinde  kubaha  indirimbo nziza .Indirimbo  Ndabisengera  mu buryo  bw’amajwi  yakozwe na Logic Pro  inonosorwa na Bob Pro  naho amashusho  atunganywa na AB Godwin, mu gihe  nyemerera  yo yakozwe na Evydecks na  Bob Pro  nayo amashusho atunganywa na AB Godwin

You Might Also Like

The Ben Agiye guhurira mu gitaramo kimwe n’abarimo Diamond Platnumz,Bebe Cool na Eddy Kenzo muri Uganda

RIB yaburiye abanyamakuru bashobora kwisanga mu cyaha mu kibazo cya Bishop Gafaranga

Urubanza rwa Bishop gafaranga rwaburanishirijwe mu muhezo

Sherrie Silver yashenguwe n’ihohoterwa rikorerwa umwana afasha yiyemeza kumuvuza

Maurix Baru yateguye ibitaramo yise “Karahanyuze Summer Tour”azakorera muri Canada

Nsanzabera Jean Paul July 27, 2024 July 27, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Pele wabaye igihangange muri ikipe ya Brazil yitabye Imana ku myaka 82

December 29, 2022
Andi makuru

Paul Kagame yijeje abanya Gakenke kuzasangira nabo intsinzi nibatora neza

July 11, 2024
Andi makuru

Ingendo zo mu kiyaga cya kivu hagati ya Bukavu na Goma zasubukuwe

February 18, 2025
Imikino

Manchester City yegukanye Igikombe cy’Isi cy’Amakipe

December 23, 2023
Ubuzima

Ubuyobozi bwa Dr Alfred Paul Jahn Foundation bwashyikirije imiryango170 inkunga y’ibiryo n’ibikoresho by’isuku (Amafoto)

October 3, 2024
Andi makuru

Umwe mu bana bakomerekeye mu mpanuka yabereye kw’i Rebero yitabye Imana

January 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?