SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Riderman yavugishije abatari bake nyuma yo kuvuga ko ashaka kwiyamamariza kuba umudepite
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Riderman yavugishije abatari bake nyuma yo kuvuga ko ashaka kwiyamamariza kuba umudepite
Imyidagaduro

Riderman yavugishije abatari bake nyuma yo kuvuga ko ashaka kwiyamamariza kuba umudepite

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 21, 2024
Share
SHARE

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Riderman yatangarije abamukurikira ko ari mu mushinga wo kwiyamamariza kuba Umudepite icyakora akaba abura imikono 300, benshi babisamira hejuru bagize ngo arakomeje nyamara we ngo yiganiriraga.

Riderman yanditse ati “Ndabura imikono 300 gusa ngo mbashe kwiyamamariza kuba depite, ese mwamfasha kuyuzuza Ese mu Rwanda byashoboka ko umu Rasta aba depite uhagarariye urubyiruko?”

“Ese ni ibiki mwifuza ko depite uhagarariye urubyiruko yavuganira urubyiruko? Ese aba depite bahagarariye urubyiruko mu myaka yashize, umusaruro wabo murawubona? Ni izihe mpinduka urubyiruko rwifuza mu nteko ishinga amategeko?”

Mu kiganiro gito na IGIHE, Riderman yavuze ko ibyo kwiyamamaza byo yiganiriraga nkuko yanabyanditse, ariko mu by’ukuri yifuzaga kureba ibitekerezo by’abamukurikira ku ngingo zinyuranye yatangaje.

Riderman yavuze ko nta gitekerezo cyo kwiyamamaza nk’umukandida wigenga afite yongeraho ko ari kwishimira kubona uburyo abantu bamufitiye icyizere nkuko bari kubimugaragariza bamwizeza kumushyigikira.

Ibitekerezo birenga 270 byari bimaze gutangwa ku byo Riderman yatangaje byose byagaragazaga ko benshi bishimiye kuba uyu muraperi yaba agiye kwiyamamaza ndetse bamwe ntibigeze banita ku ijambo yongeyeho ko yiganiriraga.

Kuva ku itariki 17 Gicurasi 2023 Komisiyo y’Igihugu y’amatora yatangiye kwakira ibyangombwa by’abifuza kwiyamamaza ku mwanya wa Perezida wa Repubulika n’abakandida mu Nteko ishinga amategeko.

 

Itorero Urukerereza ryataramiye mu iserukiramuco riri kubera muri Ethiopia
Nel Ngabo yahishuye ko indirimbo woman ariyo akunda kuri alubumu ye yise Life, love and light’
Davis D yakoze amateka mu gitaramo cye,Nasty C biragira akubise umufana umugeri (Amafoto)
Producer Li John yashyize hanze indirimbo ye nshya yise Ndagutinya
Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Where Can I Download A Blackjack Promotion Code In Ireland

May 18, 2017

Blood Moon Casino

May 28, 2024

Aarhus Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Baji Live Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

7slots Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

The Pokies Net 15

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?