SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Imyidagaduro

Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 8, 2024
Share
SHARE

Michael Adebayo Olayinka wamamaye nka Ruger wafashijwe n’inzu ifasha abahanzi ya Jonzing World Record ya D’Prince, yamusezeyeho ahita atangiza iye yise Brown Boy Ent.

Ruger yashimiye D’prince uruhare yagize mu rugendo rwe dore ko ari na we wamuhaye izina nyuma yo kuvumbura impano ye.

Mu ijoro ryo ku itariki 6 Gashyantare 2024 Ruger yanditse kuri Instagram ye avuga ko yababajwe no kuba yafashe icyemezo cyo gutandukana na label yamufashije kwamamara.

Ati”Biteye agahinda ariko ngomba kugenda, mwarakoze kunyizera mukamfata ukuboko.Nta hantu nari kugera iyo mutanshyigikira. Imana niyo yonyine izangenda imbere muri uru rugengo rushya ntangiye. Ntangiye urugendo rushya nta kintu mbiziho ariko Imana izamba hafi kuko ni igihe cya Blown Boy Ent.”

Ruger yamamaye mu 2021 igihe isi yari mu bihe bidasanzwe bya Covid-19. Muri Werurwe ya 2021 yasohoye EP yise ’Pendemic’ yariho indirimbo yitwa Bounce yazamuye izina rye muri Nigeria no muri Afurika.

Nyuma yasohoye EP yise The Second Wave iriho indirimbo yamamaye cyane yitwa Dior inakunzwe kumwitirirwa.

Ruger yataramiye mu Rwanda ku itariki 19 Gashyantare 2022, mu gitaramo cyabereye kuri Canal Olympia.

D’prince watandukanye na Ruger yatangije Jonzing World Record mu 2019. Yasinyishije Rema waje kujya muri Mavin Records ya Don Jazzy.

Kelly Speech akomeje kwigarurira imitima ya benshi ku rubuga rwa Tik Tok kubera ubutumwa Atanga
Umuhanzi Kizito Passy yagarutse ku ndwara yari igiye gutuma ahuma burundu
Taylor Swift yashenguwe n’urupfu rw’umufana asubika igitaramo
Mr Kagame yasinye mu nzu nshya igomba kumufasha ya BMR yo muri Amerika
Platini n’abahanzi bazamufasha mu gitaramo yise Baba Experience bamaze impungenge abazakitabira
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Jilibet Sign In

May 28, 2024

Tusk Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Blackjack Live Dealers

May 28, 2024

Winzio Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

What Are The Opening Hours Of Slot Cork In Ireland

May 7, 2017

Dumpling Slot Machine

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?