SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere
Imyidagaduro

Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 21, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umushyurarugamba wabigize umwuga Kabalisa Darius ukorera umuziki we mu gihugu cy’ubufaransa nyuma y’igihe kinini atagaragara mu ruhando rwa muziki yashyize hanze indirimbo nshya yise Ihorere .

Uyu mugabo watangiye umuziki mu myaka yashyize ariko akaza guhugira mu bindi agasa nushyize umuziki ku ruhande yadutangarije byinshi ku muziki we ndetse n’imbogamizi yagiye ahura nazo ubwo yatangiraga yawinjiragamo .

Mc Darius yagize ati ” ubwo natangiraga umuziki yatangiye aririmba indirimbo zihimbaza Imana mu rusengero mu mwaka wa 2000 aho yumva ga ko umuziki uzatuma agira amahoro ariko nyuma yaje guhura n’ikibazo cy’uko icyo gihe abatunganya umuziki (Producer ) benshi babitaga ku bahanzi bagitangira umuziki ariko we yafashe icyemezo cyo gukora indirimbo ye ya mbere yise Tomber Amoureux yari iyu Rukundo yari mu njyana ya Rnb .

Nyuma yo gukora iyo ndirimbo kandi yahise atangira gukora ku mushinga yise Soyez unis akaba aribwo yakoze indirimbo zitandukanye nka Aucune Difference,C’est Elle nindi bise il y’en a mal de la Violence yavuga uburyo isi yugarijwe n’ibikorwa by’urugomo byibasira ikiremwa muntu .

Ahagana mu mwaka wa 2005 na gatauni nibwo yiyambaje abanda bahanzi bo muri iyo myaka bakorana indirimbo bise Nimuze ariko kubera yahise ajya iburayi ntiyabishyizemo ingufu cyane ariko ubwo yageraga ku mugabane w’iburayi .

MC Darius yadutangarije kandi ko kubera ko gukorera indirimbo ku mugabane w’Uburayi biba bigoye cyane kubera ubushobozi kandi bisaba n’imbaraga nyinshi yabaye abihagaritse gatoya ariko akaba ashimangira ko ubu agarukanye ingufu nyinshi kuva yatangira kwandika indirimbo z’ikinyarwanda .

Tumubajije ku ndirimbo ye nshya yise Ihorere yatubwiye ko iyi ndirimbo nubwo ayishyize hanze muri uyu mwaka nyuma y’igihe kinini adakora cyane aruko yabonye ko yakomeza gutanga ubutumwa bwe binyuze mu ndirimbo z’Urukundo.
Mu gusoza Mc Darius yatubwiye kandi ko nyuma ya Ihorere ubu afite indi mishinga myinshi y’indirimbo ziri mu Kinyarwanda ndetse no mu ndimi z’amahanga akaba asaba abakunzi b’umuziki nyarwanda gukomeza kumushigikira muri uru rugendo rushya atangiye kandi abizeza ko ibyiza biri imbere .

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30
Bradd Pitt akomeje kubabazwa no kutabona abana be
Umugore wa Ludacris Eudoxie Mbouguiengue yiyemeje kuzagarukana n’umugabo we mu Rwanda
Davido yayomoje amakuru avuga ko we n’umugore we bibarutse Impanga
Umukinnyi wa Filme Val Edward Kilmer yitabye Imana ku myaka 65
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

What Is The Best Irish Online Casino Offering Free Spins In 2023

May 28, 2024

Are There Any Online Casinos In Australia

February 25, 2025

Do The Electronic Casinos Ireland Offer Free To Play Casino Games

May 28, 2024

Is Top Online Pokies And Casinos In New Zealand Open

May 28, 2024

Whats The Most You Can Win On Pokies

February 25, 2025

Top Mobile Casinos Online

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?