SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere
Imyidagaduro

Mc Darius yakoze mu nganzo ashyira hanze indirimbo y’urukundo yise Ihorere

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: May 21, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi akaba n’umushyurarugamba wabigize umwuga Kabalisa Darius ukorera umuziki we mu gihugu cy’ubufaransa nyuma y’igihe kinini atagaragara mu ruhando rwa muziki yashyize hanze indirimbo nshya yise Ihorere .

Uyu mugabo watangiye umuziki mu myaka yashyize ariko akaza guhugira mu bindi agasa nushyize umuziki ku ruhande yadutangarije byinshi ku muziki we ndetse n’imbogamizi yagiye ahura nazo ubwo yatangiraga yawinjiragamo .

Mc Darius yagize ati ” ubwo natangiraga umuziki yatangiye aririmba indirimbo zihimbaza Imana mu rusengero mu mwaka wa 2000 aho yumva ga ko umuziki uzatuma agira amahoro ariko nyuma yaje guhura n’ikibazo cy’uko icyo gihe abatunganya umuziki (Producer ) benshi babitaga ku bahanzi bagitangira umuziki ariko we yafashe icyemezo cyo gukora indirimbo ye ya mbere yise Tomber Amoureux yari iyu Rukundo yari mu njyana ya Rnb .

Nyuma yo gukora iyo ndirimbo kandi yahise atangira gukora ku mushinga yise Soyez unis akaba aribwo yakoze indirimbo zitandukanye nka Aucune Difference,C’est Elle nindi bise il y’en a mal de la Violence yavuga uburyo isi yugarijwe n’ibikorwa by’urugomo byibasira ikiremwa muntu .

Ahagana mu mwaka wa 2005 na gatauni nibwo yiyambaje abanda bahanzi bo muri iyo myaka bakorana indirimbo bise Nimuze ariko kubera yahise ajya iburayi ntiyabishyizemo ingufu cyane ariko ubwo yageraga ku mugabane w’iburayi .

MC Darius yadutangarije kandi ko kubera ko gukorera indirimbo ku mugabane w’Uburayi biba bigoye cyane kubera ubushobozi kandi bisaba n’imbaraga nyinshi yabaye abihagaritse gatoya ariko akaba ashimangira ko ubu agarukanye ingufu nyinshi kuva yatangira kwandika indirimbo z’ikinyarwanda .

Tumubajije ku ndirimbo ye nshya yise Ihorere yatubwiye ko iyi ndirimbo nubwo ayishyize hanze muri uyu mwaka nyuma y’igihe kinini adakora cyane aruko yabonye ko yakomeza gutanga ubutumwa bwe binyuze mu ndirimbo z’Urukundo.
Mu gusoza Mc Darius yatubwiye kandi ko nyuma ya Ihorere ubu afite indi mishinga myinshi y’indirimbo ziri mu Kinyarwanda ndetse no mu ndimi z’amahanga akaba asaba abakunzi b’umuziki nyarwanda gukomeza kumushigikira muri uru rugendo rushya atangiye kandi abizeza ko ibyiza biri imbere .

Prince Kid yafatiwe muri Amerika
Abakunda bateguriwe Ijoro ry’amateka mu Rukundo rwabo
Tanasha Donna ategerejwe I Kigali
Niragire Marie France yatorewe kuyobora Rwanda Film Federation
Abahanzi Bushali, Ariel Wayz, Ruti Joel, Chriss Eazy bazataramira abazitabira ibirori bya Kigali Protocal
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Eurobets Casino Review

May 28, 2024

Cryptoboss Casino Review And Free Chips Bonus

February 25, 2025

Fitzdares Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Real Aussie Pokies Online

May 28, 2024
Andi makuru

Perezida wa Gabon Gen Brice Oligui Nguema yanze umushara we

October 19, 2023

Slot Machines Perth

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?