Umuhanzi Damini Ebunoluwa Ogulu uzwi nka Burna Boy umwe mu bahanzi nyafurika bamaze kwegukana ibihembo bya Grammy Awards ku munsi mpuzamhanga warariwe abamama yatunguye Umubyeyi we akana n’umujyanama we Bose Ogulu amuha impnao y’imdoko yo mu bwoko Mercedes Benz Maybach ifite agaciro k’ibihumbi Magana abiri by’amadorali (200.000.000Frw )
Mu mashusho uyu muhanzi yasangije abantu ku mbuga nkoranyambaga agaragara yatwaye Nyina umubyara ahantu bari bateguye gusangirira n’inshuti ze ariko we ataziko bari bumutungure kuri uwo munsi wahariwe abayeyi ba mama.
Ubwo ibirori byari bigeze aharyoshye uyu mubyeyi yatunguwe no gusohoka hanze akahasanga imodoka zo mu bwoko bwa Mercedes Benz Maybach yari yagenewe n’umuhungu ,
Nkuko tubikesha ikinyamakuru Naija cy’I Lagos uyu muhanzi yakoresheje akayabo ka ma miliyoni kugira agure izi modoka aho imwe yayigeneye umubyeyi we indi ikba iye yo kugendamo .
Nkuko ashusho yagiye ashyirwa kuri muarandasi abigaragaza yerekana Burna Boy na Nyina bafatira amafoto y’urwibutso imbere y’izo modoka nzia zirifite irangi ryijimye .
Tubibutse ko atari ubwa mbere Burna Boy atunguye umubyeyi we kuko mu mwaka ushize mu kwa cumi na kumwe ubwo uyu muhanzi yari mu gitaramo mu mujyi wa Austin muri Texas yamuzamuye ku rubyiniro maze akamubwira ako amukunda cyane .
Icyo gihe abari bitabiriye igitaramo cy’uyu muhanzi bamufashije kuririmbira indirimbo yo kumwifuriza isaburukuru nziza .
Mu ijambo rye, Bose Ogulu yagaragaje ko yishimiye gutungurwa n’umuhungu we kuri stage, avuga ko ari igihe kitazibagirana.
Mu 2022, nyina wa Burna Boy yagize icyo avuga ku kumubera umujyanama nubwo byari ibintu bisaba kwigomwa ibintu byinshi aho yageze aho arongera aragaruka nk’umubeyi we wagombaga kubikora nk’inshingano ze ,
Uyu mubyeyi yatangiye inshingano zo kureberera inyungu z’umuhungu mu mwaka 2014 aho bahise bamuha akazina ka Mama Burna .

