SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Andi makuru

Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun

Ahupa Radio
Last updated: 2024/03/27 at 8:16 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Cameroun, Paul Biya w’imyaka 91, abamushyigikiye baramusaba ko yakongera kwiyamamariza uwo mwanya mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Bavuga ko Biya ari we wenyine ushoboye kuzana amahoro n’iterambere mu gihugu, ariko nubwo bavuga ibyo abatavuga rumwe na leta bo bavuga ko Biya agomba kuva ku butegetsi nyuma yo kuyobora Cameroun mu myaka irenga ibinyacumi bibiri ikagera muri mirongo.

Ku cyumweru, abantu benshi cyane baririmbiye mu murwa mukuru wa Cameroun Yaounde, basaba Perezida Biya kwemera kandidatire y’ishyaka riharanira demokarasi ya rubanda muri Cameroun (ishyaka rya CPDM) mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Biya yashyizeho CPDM ku ya 24 Werurwe 1985, nyuma yimyaka itatu uwamubanjirije, perezida wa mbere wa Cameroun, Ahmadou Ahidjo yeguye ku butegetsi kubera impamvu z’ubuzima yegurira Biya ububasha.

Umuyobozi mukuru wa CPDM, Fru Jonathan, yavuze ko Biya ari umukandida usanzwe w’ishyaka, avuga ko mu gihugu hari amahoro, ubumwe n’iterambere ry’ubukungu, bisobanuye ko Biya akomeye kandi afite igisobanuro ku gihugu cya Cameroun.

Biya yabaye Perezida wa Cameroun kuva 1982 akaba n’umuyobozi w’ishyaka rye kuva 1985. kugeza nubu  niwe ukiyobora icyo gihugu

 

 

 

 

You Might Also Like

Uwahoze ayobora FBI arakwekaho gushaka kwica Donald Trump

Parike y’igihugu y’Akagera igiye kwakira inkura 70 z’umweru

Perezida Archange Touadéra akomeje gusabwa n’uburusiya gusinyana n’abandi bacanshuro

Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2

Joe Biden wahoze ayobora USA yasanzwemo akabyimba muri Prostate

Ahupa Radio March 27, 2024 March 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Bwiza yishimiye guhura na Miss Jojo yakunze akunda

June 19, 2023
Imyidagaduro

Ndoli Tresor wo muri Judy Entertainment yashyize hanze indirimbo ye ya Mbere yise “Ndashima”

January 31, 2023
Andi makuruIyobokamana

Abakirisitu bihanangirijwe gukomeza gupfukamira ishusho ya Padiri Ubald

January 15, 2024
Utuntu n'utundi

Bill Richardson wigeze kuba Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, yitabye Imana 

September 3, 2023
Kwibuka

#Kwibuka30: Abapolisi b’u Rwanda bari mu butumwa bibutse abazize Jenoside yakorewe Abatutsi

April 8, 2024
Andi makuru

Abantu 18 baguye mu mpanuka y’ubwato muri Tunisia

March 19, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?