SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun
Andi makuru

Paul Biya yongeye gusabwa kwiyamamariza kuyobora Cameroun

Ahupa Radio
Last updated: 2024/03/27 at 8:16 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Cameroun, Paul Biya w’imyaka 91, abamushyigikiye baramusaba ko yakongera kwiyamamariza uwo mwanya mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Bavuga ko Biya ari we wenyine ushoboye kuzana amahoro n’iterambere mu gihugu, ariko nubwo bavuga ibyo abatavuga rumwe na leta bo bavuga ko Biya agomba kuva ku butegetsi nyuma yo kuyobora Cameroun mu myaka irenga ibinyacumi bibiri ikagera muri mirongo.

Ku cyumweru, abantu benshi cyane baririmbiye mu murwa mukuru wa Cameroun Yaounde, basaba Perezida Biya kwemera kandidatire y’ishyaka riharanira demokarasi ya rubanda muri Cameroun (ishyaka rya CPDM) mu matora y’umukuru w’igihugu ya 2025.

Biya yashyizeho CPDM ku ya 24 Werurwe 1985, nyuma yimyaka itatu uwamubanjirije, perezida wa mbere wa Cameroun, Ahmadou Ahidjo yeguye ku butegetsi kubera impamvu z’ubuzima yegurira Biya ububasha.

Umuyobozi mukuru wa CPDM, Fru Jonathan, yavuze ko Biya ari umukandida usanzwe w’ishyaka, avuga ko mu gihugu hari amahoro, ubumwe n’iterambere ry’ubukungu, bisobanuye ko Biya akomeye kandi afite igisobanuro ku gihugu cya Cameroun.

Biya yabaye Perezida wa Cameroun kuva 1982 akaba n’umuyobozi w’ishyaka rye kuva 1985. kugeza nubu  niwe ukiyobora icyo gihugu

 

 

 

 

You Might Also Like

Qatar igiye guha USA indege ya Boeing 747-8 izakoreshwa nka Air Force One

Umusirikare wa FARDC yinjiye mu rusengero arasa abarimo umwana w’amezi 4 bahasiga ubuzima

Perezida Ramaphosa yakuriye inzira abakeka ko afitanye ikibazo na Perezida Kagame

Bisi zikoresha amashanyarazi zatangiye kugeragezwa gutwara abagenzi mu Ntara

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

Ahupa Radio March 27, 2024 March 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Danny Vumbi agiye kumurika ‘album’ yise 365 ivuga ku minsi amaze adakorana na KIKAC Music

February 6, 2023
Andi makuru

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Algeria yakiriwe na Mugenzi wa RDF

February 20, 2024
Imyidagaduro

Miss Bahati Grace yateye imitoma umugabo wizihiza isabukuru y’amavuko

May 31, 2023
Imyidagaduro

Umwamikazi Annick wamenyekanye muri Miss Rwanda 2012 akomeje kwitwara neza mubanyamideli bo muri Turkiya

June 23, 2023
Imikino

FERWAFA yahagaritse Héritier Luvumbu wa Rayon Sports amezi atandatu

February 13, 2024
Andi makuru

Perezida Kagame yongeye gushimangira ko nta gihugu kigomba kugena uko ikindi kiyoborwa

September 5, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?