SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we
Imyidagaduro

Ruger yatandukanye n’inzu yamufashaga mu muziki we

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 8, 2024
Share
SHARE

Michael Adebayo Olayinka wamamaye nka Ruger wafashijwe n’inzu ifasha abahanzi ya Jonzing World Record ya D’Prince, yamusezeyeho ahita atangiza iye yise Brown Boy Ent.

Ruger yashimiye D’prince uruhare yagize mu rugendo rwe dore ko ari na we wamuhaye izina nyuma yo kuvumbura impano ye.

Mu ijoro ryo ku itariki 6 Gashyantare 2024 Ruger yanditse kuri Instagram ye avuga ko yababajwe no kuba yafashe icyemezo cyo gutandukana na label yamufashije kwamamara.

Ati”Biteye agahinda ariko ngomba kugenda, mwarakoze kunyizera mukamfata ukuboko.Nta hantu nari kugera iyo mutanshyigikira. Imana niyo yonyine izangenda imbere muri uru rugengo rushya ntangiye. Ntangiye urugendo rushya nta kintu mbiziho ariko Imana izamba hafi kuko ni igihe cya Blown Boy Ent.”

Ruger yamamaye mu 2021 igihe isi yari mu bihe bidasanzwe bya Covid-19. Muri Werurwe ya 2021 yasohoye EP yise ’Pendemic’ yariho indirimbo yitwa Bounce yazamuye izina rye muri Nigeria no muri Afurika.

Nyuma yasohoye EP yise The Second Wave iriho indirimbo yamamaye cyane yitwa Dior inakunzwe kumwitirirwa.

Ruger yataramiye mu Rwanda ku itariki 19 Gashyantare 2022, mu gitaramo cyabereye kuri Canal Olympia.

D’prince watandukanye na Ruger yatangije Jonzing World Record mu 2019. Yasinyishije Rema waje kujya muri Mavin Records ya Don Jazzy.

Abaraperi Diplomate B-Threy, Jay C na Fireman batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z comedy Show
King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation
Drake yagabweho igitero umurinzi we abikokereramo
Alyn Sano yishimiwe nabitabiriye iserukiramuco rya Vic Falls Carnival’ryabereye muri Zambia
Cecile Kayirebwa yatumiwe mu gitaramo cyateguwe na Maurix Baru
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Perfect Pair Payout

May 28, 2024
Utuntu n'utundi

Gen Kainerugaba Muhoozi yagizwe Umugaba Mukuru wa UPDF

March 21, 2024

Casino Ireland Players Card Games 2023

August 16, 2019

Live Pokies Not Paying Out

September 5, 2023

Grandwin Casino Login App Sign Up

May 28, 2024

Betriver Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?