SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bruce Melodie na Meddy abakunzi babo babasabye gukorana Indirimbo
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bruce Melodie na Meddy abakunzi babo babasabye gukorana Indirimbo
Imyidagaduro

Bruce Melodie na Meddy abakunzi babo babasabye gukorana Indirimbo

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/12/03 at 6:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Meddy usanzwe utuye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika na Bruce Melodie, bahuriye muri studio ndetse banafatana amafoto yabyukije amarangamutima y’abakoresha imbuga nkoranyambaga.

Bruce Melodie amaze iminsi muri Amerika, aho yitabiriye igitaramo yahuriyemo na Shaggy baririmbanye mu bitaramo bya iHeartRadio Jingle Ball Tour.

Ni igitaramo cyaririmbyemo Flo Rida, AleXa, Paul Russell, Big Time Rush, P1Harmony n’abandi.

Nyuma yo gukora iki gitaramo cyabaye ku wa 28 Ugushyingo, Bruce Melodie yanze kuva muri Amerika adasuye mugenzi we, Meddy.

Hagiye hanze amashusho aba bombi bari kuririmbana indirimbo ya Melodie yise Selebura banahererekanya gitari, ubona bayicuranga bishimye.

Ntabwo aba bahanzi bigeze bagira byinshi bavuga bijyanye no kuba hari indirimbo baba bakoranye cyangwa ibindi birenze amashusho n’amafoto byabo.

Gusa ku mbuga nkoranyambaga benshi babasabye gukorana indirimbo. Bamwe bagaragaza ko bakwishimira kubona Meddy winjiye mu muziki uhimbaza Imana, Melodie yongera kumugarura mu kibuga cy’iz’Isi.

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul December 3, 2023 December 3, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImyidagaduro

Jackie Chan yashimangiye ko ubuzima bwe bumeze neza

January 9, 2024
Imyidagaduro

MYP yashyize hanze indirimbo Nyagasani Mana ivuga ku rupfu rwa Henry

March 10, 2025
Imyidagaduro

Ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards 2024 bigiye gutangwa ku bahanzi n’abasportif bitwaye neza

November 28, 2024
Imyidagaduro

Riderman na Bull Dogg ku bufatanye na Skol bahaye abakunzi ba hip hope ibyishimo birenze(Amafoto)

August 25, 2024
Andi makuru

DRC yatangaje ko izitabira ibiganiro na M23

March 17, 2025
Imyidagaduro

Umunyarwenya Mazimpaka Japhet agiye gukora igitaramo cye cya kabiri

May 5, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?