SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards 2024 bigiye gutangwa ku bahanzi n’abasportif bitwaye neza
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards 2024 bigiye gutangwa ku bahanzi n’abasportif bitwaye neza
Imyidagaduro

Ibihembo bya Karisimbi Entertainment Awards 2024 bigiye gutangwa ku bahanzi n’abasportif bitwaye neza

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: November 28, 2024
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa  Karisimbi Events   bugiye gutanga ibihembo  ku  abahanzi n’abandi bafite aho bahuriye n’imyidagaduro  bubinyujije mu bihembo bya  Karisimbi Entertainment and Sports Awards 2024’ bimaze kumenyerwa na benshi kubera uruhare bigira mu gukundisaha abantu  imyidagaduro .

Ibi bihembo biba bigamije gushimira abantu abahanzi  na bandi benshi bakora ibijyanye n’imyidagaduro aho bariho hose mu gihugu ,kuri iyi nshuro abazahatanira ibi bihembo bakaba bari  mu byiciro bigera kuri Mirongo itanu aho buri wese ufite icyo akora  mu guteza imbere  imyidagaduro azasagamo icyiciro  abarizwamo nkuko twabitangarijwe na Mugisha  Emmanuel Umuyobozi Mukuru wa Karisimbi Events.

Yagize  ati ” ibi bihembo bigamije guha agaciro ibikorwa by’abahanzi n’abateza imbere uruganda rw’imyidagaduro.

Yakomeje avuga ko  ibi bihembo byongerera  ingufu abahanzi ndetse n’abandi bose bahatana muri ibi bihembo kugira ngo nabo  bazabyegukane mu mwaka  utaha .

Muri uyu mwaka wa 2024, ibi bihembo bizatangwa mu byiciro 50 bihuje abahanzi, abanyamakuru, ibyamamare ku mbuga nkoranyambaga, ibiganiro kuri radiyo na televiziyo n’ibindi bifite aho bihuriye n’imyidagaduro.

Bimwe mu byiciro bitahanye uyu mwaka ; birimo Icyiciro cy’umuhanzi w’umugabo w’umwaka, umushyushyabirori w’umwaka ’Public MC of the year’, indirimbo y’umwaka.

Icyiciro cy’umuhanzikazi w’umugore w’umwaka (Rwandan Female Artist of the year), umunyamakuru w’umwaka wo kuri radiyo na Televiziyo.

Umusesenguzi mwiza wa Siporo, umunyamakuru mwiza wa Siporo, ‘Fan Club’ nziza, Ikipe nziza mu mikino ndetse n’ibiganiro byiza.

Hazahembwa kandi umuhanzikazi w’umwaka mwiza, icyiciro cy’icyamamare ku mbuga nkoranyambaga, umuhanga mideri mwiza.

Abavangamiziki beza yaba abasanzwe n’abakizamuka, Hoteli nziza, akabari keza k’imyidagaduro n’ibindi bikaba ibyiciro 50.

Gutanga  y’umuhanzi  cyangwa undi wundi  uri muri  ibi byiciro  ‘Nomination’, byatangiye  bikaba bizageza tariki ya 6 Ukuboza 2024, aho  ubyifuza wese yabinyuza  kuri email: [email protected]

 

 

Chriss Eazy yageze muri Pologne mu gitaramo azahuriramo na Joeboy
Byari ibyishimo mu birori byo kwakira Murumuna wa Bad Rama bari baraburanye
Uwicyeza Pamela yashimiye umugabo we The Ben nyuma yo kumuha imodoka yo mu bwoko bwa Range Rover
Abaraperi 9 bakunzwe mu Rwanda bazahurira mu gitaramo cya Nyega Nyega I Huye .
Umunyabigwi Bobby Caldwell yitabye Imana ku myaka 71
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Bet365 Australia Roulette Layout Au

September 5, 2023

Jiliko Casino Login App Sign Up

February 25, 2025

Grand Casino Knokke No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

What Is The Best Online Poker Site

May 28, 2024

Mobile Pokies For Real Money Paypal

September 5, 2023

Pokies In Sorrento

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?