SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Perezida Kagame yagiriye Inama Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Perezida Kagame yagiriye Inama Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal
Andi makuru

Perezida Kagame yagiriye Inama Umutoza Mikel Arteta wa Arsenal

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/08 at 4:10 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Perezida Paul Kagame akaba n’umukunzi ukomeye w’ikipe yo mu Bwongereza Arsenal, yagiriye inama Umutoza wayo Mikel Arteta .

Ibi Perezida Paul Kagame yabigarutseho kuri uyu wa gatatu tariki ya  8 Ugushyingo 2023 ubwo ya ganiraga n’urubyiruko rukorera muri ‘Norrsken Kigali House’ rugira byinshi rumubaza ku bijyanye n’ishoramari n’urugendo rw’iterambere u Rwanda rurimo ruri kurangwa cyane n’ibikorwa by’ikoranabuhanga.

Ubwo iki kiganiro cyari gihumuje, Shami Elodie, wari umusangiza w’amagambo yamubajije niba ashobora kumuha amahirwe yo kumubaza bimwe mu bibazo byoroheje ariko abantu bamwibazaho, Umukuru w’Igihugu ahita amwemerera ako kanya.

Mu bibazo ya mubagije harimo ikibazo kivuga ngo” : Ni uwuhe mugani w’Ikinyarwanda ukunda?

Perezida Kagame yasubije ko akunda umugani ugira uti” uwanze kubwirwa ntiyanze no kubona,

Aha Perezida Kagame yahise asobanura impamvu uyu mugani awukunda nuko dukwiriye kumva cyane kandi tugahora dutekereza ingaruka z’amakosa.

Bituma bizamura ubushobozi bw’abantu bwo gutekereza byagutse, gutekereza ku ngaruka zo gukora ibintu bidakwiriye kandi bakaguma mu murugo wo gukomeza gukora ibyiza bishoboka.

Ni mugihe ku kibazo kijyanye n’inama ya gira Umutoza wa
Arsenal nk’ikipe Umukuru w’igihugu akunda, yagize ati”Mbere na mbere ni umutoza mwiza kandi ari gukora neza hamwe n’ikipe, ariko buri umwe uri gukora neza ikiba gikurikiye ni uko uwo muntu aba ashaka kurushaho gukora neza, buri gihe haba hari ugushaka kurushaho gukora neza mu byo uri gukora.
Inama yanjye ni komeza muri uwo murongo.”

Perezida  kagame  yatangaje ibi  mu gihe Ikipe ya Arsenal kuri uyu wa gatatu ifitanye umukino muri UEFA Champions League na Sevilla guhera ku isaha ya saa tanu z’ijoro

 

You Might Also Like

Bisi zikoresha amashanyarazi zatangiye kugeragezwa gutwara abagenzi mu Ntara

Cardinal Robert ukomoka muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika yatorewe kuba Papa Mushya afata izina rya Leon XIV

U Rwanda rwasinyanye amasezerano n’isosiyete E7 yo muri UAE

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Eddie Mutwe ushinzwe umutekano wa Bobi Wine yagejejwe mu rukiko ashijwa ubujura

Nsanzabera Jean Paul November 8, 2023 November 8, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Kwamamaza

Uruganda rwa Skol Brewery rwashyize hanze ikinyobwa kidasembuye cya Maltona cyishimirwa na benshi (Amafoto)

July 9, 2024
Andi makuru

Urukundo rwa Marina naYvan Muziki rwajemo agatotsi

January 11, 2023
Imikino

Amavubi U-15 yananiwe kwihagararaho imbere ya Tanzania U-15 muri CECAFA U-15

November 8, 2023
Imyidagaduro

Marco Bizzarri wayoboraga inzu y’imideli ya Gucci yeguye

July 27, 2023
Andi makuru

Perezida Kagame yashimiye Donald Trump watorewe kuba Perezida wa 47 wa Amerika

November 6, 2024
Imyidagaduro

Umunyamakuru Babu wa Isibo Tv yasabiwe gufungwa umwaka

June 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?