SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi
Imyidagaduro

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/05/31 at 9:58 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Abakunzi ba muzika nyarwanda nyuma  yúko umwka ushize bagize ibihe  byiza mu bitaramo bya iwacu na Muzika bitegurwa na East Africa Promoters  ku bufatanye na MTN Rwanda  bongeye  gushyirwa igorora kuko bategujwe ibitaramo nkibi  muri iyi  mpeshyi y’uyu mwaka wa 2025

Mu butumwa bwashyizwe hanze n’ubuyobozi bwa East African Promoters burarikira abanyarwanda kwitegura ibitaramo bya  Iwacu  na Muzika ntihigezwe hatagazwa amatariki cyangwa abahanzi bazitabira ibyo bitaramo  gusa nkuko bigaragara n’uko mu minsi ya vuba hazaba ikiganiro  n’itangazamakuru kizavugirwamo gahunda zose zijyanye n’ibyo bitaramo

Mu 2023 ni bwo iserukiramuco “Iwacu Muzika Festival” ryahinduriwe izina ryitirirwa MTN Rwanda yari imaze kuba umuterankunga mukuru waryo.

Icyo gihe iri serukiramuco ryazengurutse mu Mijyi itandukanye y’u Rwanda, mu bitaramo byo gususurutsa abakunzi ba muzika mu gihugu hose, abahanzi bafashwa guhura n’abakunzi babo.

Ibi bitaramo ubwo byaherukaga umwaka ushize byagaragayemo abahanzi nka Bruce Melodie, Kenny Sol, Chriss Eazy, Bushali, Bwiza na Ruti Joel.

Ibi bitaramo byatangiye mu 2019 byaje guhagarikwa na Covid-19 kuva mu 2020 bitangira gukorwa binyuzwa kuri televiziyo y’u Rwanda.

Byongeye gusubukurwa bibera mu ruhame mh 2023 arinabwo MTN Rwanda yabyinjiragamo nk’umuterankunga mukuru wabyo.

You Might Also Like

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

King Promise yasangije urugendo rwe mu muziki abana bafashwa na Sherrie Silver Foundation

Nsanzabera Jean Paul May 31, 2025 May 31, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Musanze: imbogo zongeye kwishora mu baturage ziraraswa

January 19, 2025
Imikino

Ikipe y’Igihugu y’Abagore muri Sitting Volleyball, yageze muri ¼ cy’Igikombe cy’Isi!

November 15, 2023
Imikino

Abayobozi Bakuru Muri FERWACY bari gukirikiranwa na RIB

August 22, 2023
Imyidagaduro

Sonia yahagaritse gufasha umushinga wa Maisha Africa

March 9, 2023
Imyidagaduro

Big Fizzo yibukije The Ben ko Uburundi bufite ba Nyirabwo

September 14, 2023
Andi makuruImyidagaduro

Cyusa Ibrahim yakeje Mariya Yohana wamwemereye kuzamufasha mu gitaramo Migabo live Concert

May 5, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?