SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos
Imyidagaduro

Umuhanzi Juma Jux azakorera ubukwe bwe na Priscilla I Lagos

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/04/03 at 1:53 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi wo muri Tanzania Juma Jux, aratangaza ko afite amashyushyu y’ubukwe bwe n’umukunzi we wo muri Nigeria Priscilla Ojo, aho avuga ko akunda umuco w’iki gihugu ndetse akaba yahishuye n’abasitari bazabwitabira.

Nyuma y’uko mu minsi yashize Juma Jux na Priscilla bari bakoze ubukwe muri Tanzania, bagiye kongera gukora ibirori bya nyuma muri Nigeria.

Uyu muhanzi yatangarije Hip TV ko kuri ubu afite amatsiko y’uko ubukwe bwe buzaba bumeze muri Nigeria, cyane ko akunda cyane umuco wabo ndetse n’imyambarire yabo.

Avuga ko nyuma yo gukundana na Priscilla, ubuzima bwe bwahindutse kandi bugahinduka neza, ndetse akemeza ko abantu bazabibona vuba ko yahindutse.

Ati “Mu by’ukuri ntegereje ubukwe bwanjye cyane. Buri gihe mbwira abantu banjye ko mfite ubukwe muri Nigeria kandi ko nkunda umuco wabo. Ni ibintu bitangaje cyane kuko nkunda umuco wa Nigeria, imyambarire, uburyo ubukwe bwabo bukorwa…… Sinjye uzarota igihe kigeze.”

Agaruka ku bantu bazitabira ubukwe bwe, yavuze ko abantu be bo muri Afurika y’Iburasirazuba bazaba bari i Lagos, ndetse ko muri abo hazaba harimo Diamond Platnumz.

Biteganyijwe ko ubukwe bwa Juma  Jux na Priscilla  buzaba muri uku kwezi kwa Mata

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul April 3, 2025 April 3, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

U Rwanda rwakiriye icyiciro cya 21 cy’impunzi n’abimukira 137 baturutse muri Libya

April 24, 2025
Andi makuru

Ali Bongo uherutse guhirikwa ku butegetsi yemerewe kujya kwivuza

September 7, 2023
Andi makuru

Rafael Nadal yasezeye burundu ku mukino wa Tennis

November 20, 2024
Andi makuru

Miss Muheto Divine na Polisi y’Igihugu bahakanye amakuru avuga ko yongeye gutabwa muri yombi

November 19, 2024
Imyidagaduro

The Weekend yaciye amarenga yo guhindura izina ry’ubuhanzi

January 13, 2025
Imyidagaduro

Amag The Black yaciye amazimwe kubavuga kugutandukana n’umugore we

February 8, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?