SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Papa Francis yagaragaye mu ruhame nyuma yo kuva mu bitaro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Papa Francis yagaragaye mu ruhame nyuma yo kuva mu bitaro
Iyobokamana

Papa Francis yagaragaye mu ruhame nyuma yo kuva mu bitaro

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/24 at 6:19 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Kuri iki Cyumweru, Umushumba wa Kiliziya Gatolika ku Isi, Papa Fransisiko yagaragaye bwa mbere mu ruhame nyuma y’ibyumweru birenga bitanu ari mu bitaro aho yari arimo kuvurirwa indwara z’ubuhumekero.

Papa Fransisiko yagaragaye ku rubaraza rw’ibitaro bya Gemelli biherereye i Roma ubwo yasuhuzaga abantu, mbere y’uko asezererwa kuri iki gicamunsi. Abaganga batangaje ko nubwo yorohewe ava mu bitaro ariko agakomeza kwitabwaho kugira ngo akire neza.

Ku itarki ya 14 Gashyantare 2025, Papa Farancis w’imyaka 88, nibwo yakorewe isuzuma ryimbitse abaganga basanga arwaye umusonga mu bihaha byombi. Abakirisitu Gatolika n’abandi ku Isi basabwe kumusengera bamwifuriza gukira vuba aho bamwe bajyanaga indabo na za buji ku Bitaro bya Gemelli bamusengera.

 

You Might Also Like

Feast and Praise Brunch igiye kuba bwa mbere muri Kigali

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Nsanzabera Jean Paul March 24, 2025 March 24, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Shakira yasubitse igitaramo yagombaga gukorera muri Peru Kubera uburwayi

February 17, 2025
Andi makuru

Namenye Patrick wari Umunyamabanga Mukuru w’ikipe ya Rayon Sports yeguye ku mirimo ye

September 3, 2024
Imikino

Rwanda Arsenal Fans Community bizihije imyaka 10 bamaze batanga umusanzu mu gihugu

August 13, 2023
Andi makuru

Ed Sheeran yarahiye ko atazongera gukoresha ibiyobyabwenge nyuma y’urupfu rwa Pal Jamal

March 22, 2023
Imyidagaduro

Selena Gomez mu byishimo nyuma yo kwambikwa impeta n’Umukunzi

December 13, 2024
Ikoranabuhanga

Airtel Rwanda ku bufatanye na Unicef batangije gahunda yo gutanga internet y’ubuntu mu mashuri

October 18, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?