SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi
Andi makuru

Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi

Ahupa Radio
Last updated: 2025/03/18 at 3:05 PM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse urwego rushinzwe kurinda abayobozi bakuru (Secret Service) kwambura abana ba Joe Biden ababarindira umutekano.

Inshingano za Secret Service ni ukurinda abayobozi bakuru ba Amerika, abahoze bayobora iki gihugu ndetse n’abo mu miryango yabo.

Trump yashinje Biden guha umuryango we umutekano ukabije ndetse no gukingira ikibaba Hunter kugira ngo adakurikiranwa n’ubutabera ku byaha aregwa bijyanye n’imbunda yaguze binyuranyije n’amaregeko ndetse no kunyereza imisoro.

Ku wa 17 Werurwe 2025 Trump yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, ko bidakwiye kubona abashinzwe umutekano barenze 18 barinda Hunter, ndetse n’abandi 13 barinda umukobwa we, Ashley Biden.

Ati “Ubu yibereye mu biruhuko ahantu hatandukanye harimo Afurika y’Epfo aho uburenganzira bwa muntu butubahirizwa. Mumenye neza ko ubu ngubu Secret Service itazongera kurindira umutekano Hunter Biden na Ashley Biden.”

Joe Biden yabaye Perezida wa Amerika kuva muri Mutarama 2021 kugeza muri Mutarama 2025. Yasimbuwe na Trump ku butegetsi.

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Ahupa Radio March 18, 2025 March 18, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Utuntu n'utundi

Century Park Hotel and Residences yashimiye abakozi bahize abandi muri 2023

January 9, 2024
Ubukungu

Abagore bahize abandi mu bucurunzi n’ubucuruzi bahembwe mu bihembo bya Rwanda Women in Business Awards(Amafoto)

March 22, 2024
Andi makuru

Byiringiro Lague agiye kujyana umunyamakuru Roben Ngabo muri RIB

April 2, 2025
Andi makuru

Umuyobozi wa UNMISS yashimye ingabo z’u Rwanda zikorera Juba

March 12, 2025
Andi makuru

Kampayana Augustin wayoboye akarere ka Nyarugenge n’ibindi bigo yitabye Imana

February 5, 2024
Andi makuru

Dj Brianne yabatijwe mu itorero rya Elayono Pentecost Blessing Church,

June 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?