SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi
Andi makuru

Donald Trump yategetse ko abo mu muryango wa Joe Biden bakwa abarinzi

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: March 18, 2025
Share
SHARE

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yategetse urwego rushinzwe kurinda abayobozi bakuru (Secret Service) kwambura abana ba Joe Biden ababarindira umutekano.

Inshingano za Secret Service ni ukurinda abayobozi bakuru ba Amerika, abahoze bayobora iki gihugu ndetse n’abo mu miryango yabo.

Trump yashinje Biden guha umuryango we umutekano ukabije ndetse no gukingira ikibaba Hunter kugira ngo adakurikiranwa n’ubutabera ku byaha aregwa bijyanye n’imbunda yaguze binyuranyije n’amaregeko ndetse no kunyereza imisoro.

Ku wa 17 Werurwe 2025 Trump yatangarije ku rubuga nkoranyambaga rwe, Truth Social, ko bidakwiye kubona abashinzwe umutekano barenze 18 barinda Hunter, ndetse n’abandi 13 barinda umukobwa we, Ashley Biden.

Ati “Ubu yibereye mu biruhuko ahantu hatandukanye harimo Afurika y’Epfo aho uburenganzira bwa muntu butubahirizwa. Mumenye neza ko ubu ngubu Secret Service itazongera kurindira umutekano Hunter Biden na Ashley Biden.”

Joe Biden yabaye Perezida wa Amerika kuva muri Mutarama 2021 kugeza muri Mutarama 2025. Yasimbuwe na Trump ku butegetsi.

Umuvugizi wungirije wa Guverinoma y’u Rwanda Alain Mukuralinda yitabye Imana
Korali Cornerstone yo muri UEBR igiye kumurika alubumu yayo ya mbere ku mugaragaro
Urukiko rwategetse ko Karasira yongera gusuzumwa uburwayi bwo mu mutwe
“Nibambwira bati warakoze cyane imyaka ine, reka dushake undi nzababwira ngo murakoze cyane”Uwayezu Jean Fidèle.
Gen Kazura yahererekanyije ububasha na Lt Gen Mubarakh Muganga
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Free Top Australian Pokies Run

September 5, 2023

What Are The Best Free Real Money Online Pokies In Australia

September 5, 2023

Free Electronic Casino Real Money Ie

April 20, 2019

Favbet Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Vera And John Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Play Demo Casino

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?