SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: DJ Ira mu byishimo byinshi nyuma yo gutangira gufashwa guhabwa ubwenegihugu yemerewe na Perezida Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > DJ Ira mu byishimo byinshi nyuma yo gutangira gufashwa guhabwa ubwenegihugu yemerewe na Perezida Kagame
Imyidagaduro

DJ Ira mu byishimo byinshi nyuma yo gutangira gufashwa guhabwa ubwenegihugu yemerewe na Perezida Kagame

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/18 at 12:46 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Iradukunda Grace Divine wamamaye nka “DJ Ira ari  mu byishimo  byinshi  nyuma  yo kwemererwa ubwenegihugu  na Perezida wa Repubulika  Nyakubahwa Paul Kagame ,ubu akaba  yatangiye gufashwa  kububona .

 Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze Dj Ira yagaragaje ibyishimo byinshi nyuma yo guhamagarwa n’abakozi b’Urwego rw’Igihugu rushinzwe abinjira n’abasohoka bamusaba ko yakwitaba bakamufasha kuzuza ibisabwa kugira ngo ahabwe ubwenegihugu yari aherutse gusaba Perezida Kagame.

Ku wa 16 Werurwe 2025 nibwo DJ Ira yasabiye mu ruhame Perezida Kagame ubwenegihugu bw’u Rwanda.

Perezida Kagame yamubwiye ko ku bwe abumwemereye ariko bisaba kuzuza ibisabwa kugira ngo abuhabwe.

Uyu mukobwa yatunguwe no kuba ku wa 17 Werurwe 2025, hadaciyemo n’amasaha 24 yemerewe ubwenegihugu, abakozi b’Urwego rushinzwe abinjira n’abasohoka bahise bamuhamagara bamusaba ko yajya kuzuza ibisabwa kugira ngo abuhabwe.

Ati “Ejo nari ndi mu rugo mbona nimero impamagaye nditaba […] ati uyu munsi mwaboneka mukaza hano ku rwego rushinzwe abinjira n’abasohoka? Nanjye nti ndahari cyane.”

DJ Ira ahamya ko kuva yagerayo byari ibintu bidasanzwe kuko bamweretse urukundo, buri wese amubwira ko yamubonye kuri televiziyo banamubaza niba agiye gufata ubwenegihugu bwe.

Kimwe mu bintu byatunguye DJ Ira ni uko ibi byose byabaye mu gihe kitarenze amasaha 24 yemerewe ubwenegihugu na Perezida Kagame.

Mu butumwa bwe  ku mbuga  nkoranyambaga ze yahishuye ko mu buzima nta muntu yigeze asaba ngo amuhe nkuko  nyakubahwa Paul Kagame  yabimukoreye aho yaize ati “ uwasaba yasaba Papa PK

 

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 18, 2025 March 18, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Rwanda Premier League igiye guhemba abakinnyi n’abatoza bahize abandi mu mwaka wa 2024/2025

May 16, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Umuhanzi Nikhan ari mu byishimo nyuma yaho indirimbo ye igaragaye mu zikunzwe kuri spotfiy

August 22, 2023
Ubuzima

Airtel Money Rwanda na Radiant Insurance batangije ubwishingizi bise Ingoboka cash (Amafoto)

July 18, 2024
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakiriye Umunyamabanga Mukuru wa OIF mu biro bye

January 8, 2025
Andi makuru

Hotel Muhabura yafashwe n’inkongi y’umuriro bimwe mu bikoresho birakongoka

October 14, 2024
Imyidagaduro

#Kwibuka31: Rubyiruko Mumenye ko ari mwe mbaraga u Rwanda Rwegamiyeho: Butera Knowless

April 10, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?