SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Umuhanzikazi sheebah yasubiye muri Uganda nyuma yo kubyara
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Umuhanzikazi sheebah yasubiye muri Uganda nyuma yo kubyara
Imyidagaduro

Umuhanzikazi sheebah yasubiye muri Uganda nyuma yo kubyara

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/03/11 at 9:00 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma  y’amezi  agera kuri Atanu umuhanzikazi Sheebah Karungi ari mu gihugu  cya Canada aho yari yaragiye kubyarira , uyu  muhanzi  yasubiye  muri Uganda umwana we  Amir igihugu uyu mwana agiye kugeramo bwa mbere .

Uyu  muhanzikazi Sheeba yari  yagiye  muri Canada m’Ugushyingo 2024 kugira ngo yitegure  kubyara nyuma  y’umwka umwe akoreye igitaramo yatangarijemo ko atwite yakoreye  ku kibuga  cya  Lugogo  Cricket Oval

 Mbere  yo kwerekaza muri icyo gihugu  cya Canada  Sheebah yari yabanje gushimirwa n’Inshuti ze n’umuryango we ,agaragaza ko yishimiye cyane uburambe b budasanzwe yabonye yo kuba umubyeyi

Mu butumwa  Sheebah Karungi  yanyujije kuri  mbuga nkoranyambaga ko yishimiye kubyarira  muri  Canada aho yagize  ati” byari  igitangaza gikomeye cyane kuri  njye ndetse no mu bukonje bwinshi twishimiye kukwita mu rugo hakabiri ,

Yakomeje avuga ko ari inshuro ye ya mbere afata urugendo nk’Umubyeyi kandi ndi kumwe  n’inshuti yanjye mu buzima bwanjye  Amir

 Sheebah kandi yavuze ko Umwna we Amir yakoze urugendo rwe rwa mbere mu ndege akaba yizeye  nawe yiteguye kwakira izuba  n’Umukungugu byo muri Uganda

Mu gihe  sheebah ari mu nzira asubira iwabo  muri Uganda  benshi mu bakunzi be bashishikajwe no kureba ko azongera  kubaho nkuko yari abayeho nk’umwe  mu bahanzi  baza mu mbonerahamwe y’abahanzi bakunzwe  cyane  kubera  indirimbo “Nkwatuka,” “Enyanda,” na “Tevunwa,” ndetse n’izindi  nyinshi .

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul March 11, 2025 March 11, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Burna Boy yashimangiye ko adacibwa intege n’abamwita umwana mu muziki

July 20, 2023
Utuntu n'utundi

Boris Johnson wahoze ari Minisitiri w’intebe w’ubwongereza yagurishije inzu ye iri Londre .

November 3, 2023
Andi makuru

Umunyamakuru wa radio &Tv10 Pascal Habababyeyi yashyinguwe mu cyubahiro

December 27, 2024
Imikino

Lionnel Messi n’umugore we ndetse n’inshuti zabo bari mu bihe byiza I Miami

July 23, 2024
Andi makuru

Tchad : Ishyaka FPL ryamaganye igitekerezo cyo kohereza ingabo muri RDC

February 21, 2025
Imyidagaduro

Umuhanzi BNG Zo yazanye injyana itazwi na benshi mu muziki nyarwanda yise Afro Rwandais

March 3, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?