SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali
Imyidagaduro

John Legend yunamiye inzirakarengane za Jenoside yakorewe Abatutsi 1994 zishyinguye mu rwibutso rwa Kigali

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/02/24 at 12:24 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi  John Legend uri mu bakomeye ku Isi umaze iminsi  mu  Rwanda aho yari  yaje kwitabira  igitaramo cya Move Afrika, Kuri uyu wa  mbere  tariki ya 24 Gashyantare 2025  aherekejewe n’itsinda ryamuherekeje basuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ruri ku Gisozi yunamiara inzirakare.

Uyu  muhanzi  wamamaye cyane mu ndirimbo  All Of Me  yakunzwe na benshi kw’isi kugeza aho ubu imaze kurebwa n’abasaga Miliyari 2 na Miliyoni 400 ku rubuga rwa youtube .

Nyuma yo  gukorera igitaramo cy’amateka cya Move Afrika cyateguye  ku bufatanye bwa RDB na Global Citizen  cyabereye  muri BK Arena kitabirwa n’ibihumbi by’abanyarwanda barangajwe imbere na Perezida wa Repubulika  Paul Kagame  n’umuryango, Kuri  uyu wa mbere  yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi muri 1994 rwa Kigali

Akigera ku rwibutso yabanje gusobanurirwa uburyo Jenoside yakorewe Abatutsi  muri 1994 yateguwe kuva  ku bukoloni kugera mu gihe  cya Repubulika ndetse nuko yashyizwe mu bikorwa mu gihe cy’Iminsi ijana gusa ikaba itwaye  ubuzima bw’Abatutsi barenga  Miliyoni bazira uko bavutse .

Nyuma yo  gusobanurirwa ayo mateka yaranze igihugu cyacu yafashe umwanya wo kunamira inzirakarengane z’Abatutsi zirenga ibihumbi 250 zishyinguye aho ku rwibutso rwa Jenodie yakorewe abatutsi rwa Kigali .

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul February 24, 2025 February 24, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ubuzima bwa Celine bukomeje kumera nabi nyuma yo kubura imiti y’indwara imurembeje

August 5, 2023
Imyidagaduro

Tonzi aritegura kumurika alubumu ye ya 10

January 8, 2025
Imyidagaduro

Weasel yatangaje ko urupfu rwa Radio rutaramuvamo kugeza ubu

February 6, 2024
Imyidagaduro

Javanix yashyize hanze EP yise Zamani 

August 2, 2023
Andi makuru

Abdel Fattah El-Sisi yongeye gutorerwa kuyobora Misiri muri manda ya gatatu

December 19, 2023
Utuntu n'utundi

Apotre Yongwe yasabiwe gufungwa imyaka 3

February 27, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?