SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe
Iyobokamana

Imam Muhsin Hendricks washyigikiraga abaryamana bahuje ibitsina yishwe arashwe

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2025/02/20 at 10:28 AM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Muhsin Hendricks umuyobozi w’idini ya Islam wamenyekanye ku rwego mpuzamahanga kubera kwiyemerera ko ari umutinganyi, yishwe arashwe muri Afurika y’Epfo.

Uyu mugabo w’imyaka 57 y’amavuko yarasiwe mu modoka ye hafi y’umujyi wa Gqeberha n’abantu bitwaje intwaro.

Hendricks yari ayoboye umusigiti wa Masjidul Ghurbaah mu mujyi wa Cape Town, aho yakiraga Abayisilamu bose, cyane cyane abahuye n’ihohoterwa n’ihezwa.

Urupfu rwe rwateje impagarara, aho abaharanira uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina basabye inzego z’umutekano gukora iperereza ryimbitse kuri ubu bwicanyi. Nubwo Afurika y’Epfo ifite amategeko arengera uburenganzira bw’abaryamana bahuje ibitsina, imibare yerekana ko ihohoterwa ribibasira ryazamutseho 15% mu mwaka wa 2024.

Muhsin Hendricks, kuva yajya ahagaragara mu 1996 yahariye ubuzima bwe guhuza ukwemera kwe n’imibereho ye bwite, agaharanira ko Abayisilamu b’abatinganyi babona umwanya mu idini no mu muryango mugari.

Urupfu rwe rwasize icyuho gikomeye mu rugamba rwo kurengera uburenganzira bw’abantu bose hatitawe ku mitima yabo cyangwa imyizerere yabo.

 

You Might Also Like

Feast and Praise Brunch igiye kuba bwa mbere muri Kigali

Mufti w’u Rwanda yahaye umukoro abanyarwanda bagiye mu mutambagiro i Maka

Papa Leon XIV yakiriye Perezida Zelensky i Vatikani

Korali Ganza Kristo yo muri ADEPR Gasave yateguye igiterane cy’amashimwe kizamara iminsi 2

Aba-Cardinal binjiye mu munsi wa kabiri w’itora rya Papa

Wakibi Geoffrey February 20, 2025 February 20, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Perezida Kagame yakiriye impapuro zemera abahagarariye ibihugu byabo 11 mu Rwanda

May 22, 2025
Andi makuru

Madamu Jeannette Kagame yashimangiye ko guteza imbere umugore bigira ingaruka nziza ku bukungu bw’u Rwanda

May 29, 2025
Andi makuru

Imirwano ikomeye hagati ya M23 na FARDC irakomeje muri Kibumba

February 8, 2024
Utuntu n'utundi

Umwami Charles wa III w’ubwongereza yajyanywe mu bitaro kubera Prostate

February 6, 2024
Andi makuru

Abanyamerika bagerageje guhirika ubutegetsi bwa Tshisekedi boherejwe gukomereza igihano iwabo

April 9, 2025
Andi makuruImikino

Perezida Kagame yasangiye n’abitabiriye Inama ya FIA mu Rwanda

December 13, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?