SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira
Ubukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/02/10 at 8:58 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.

Leta y’u Rwanda ivuga mu gushyiraho igiciro cy’ibikomoka kuri Petelori isuzuma ibintu byinshi kandi igashyiramo icyo bita ‘nkunganire’ kugira ngo igiciro kidatumbagira.Nta bisobanuro byateye iryo zamurwa ry’ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biratangazwa.

Gusa bikunze kuvugwa ko ahanini biterwa n’uko ibikomoka kuri petelori biba bigura ku isoko mpuzamahanga hakiyongeraho n’ibibazo by’ubukungu na politiki biri hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe kandi isi ifite ubwoba ko intambara y’ubukungu iri hagati ya Amerika n’Ubushinwa izatuma ubuzima burushaho guhenda.

Intambara y’ubukungu hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi igira ingaruka ku bukungu bw’ibindi bihugu bisigaye.

Ikigo mpuzamahanga gikurikirana ibya Lisansi na Mazutu kitwa Energy Information Administration kivuga ko igiciro cy’ibikomoka kuri petelori cyagabanutseho 0.44%, ibi bikaba byaratangiranye n’umwaka wa 2025.

Iki kigo kandi kivuga ko ako kagunguru kazagura byibura $74 mu mezi menshi agize umwaka wa 2025 naho mu mwaka wa 2026 kakazagura byibura $66.

Litiro ya Lisansi yari Imaze amezi atatu igura Frw 1574 naho iya mazutu yaguraga Frw 1576.

 

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Tic Tac Restaurant & Lounge yahembwe nka Fast Food nziza y’umwaka muri SEA 2024

Menya byinshi ku gisasu cya Oreshnik cyihuta kurusha ijwi

Nsanzabera Jean Paul February 10, 2025 February 10, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Umuhanzi Yago Pon Dat yashyikirijwe ikibanza yemerewe na Marchal Real Estate Developers abashimira kuba bahiguye ibyo bemeye (Amafoto)

May 3, 2024
Imyidagaduro

Nyuma y’imyaka 4 Safi Madiba yagarutse mu rwagasabo

December 4, 2024
Imikino

Manishimwe Djabel yerekeje muri Iraq

February 4, 2024
Imikino

Lamine Yamal wa Fc Barcelona yavuye mu mukino kubera ubwiherero

October 5, 2023
Imikino

Arstide Mugabe yatorewe kuba Perezida wa komite y’abakinnyi mu mikino Olempike na Siporo (RNOSC).

February 14, 2023
Imyidagaduro

Coach Gael yahishuye ukuntu Rwanda Day yamufunguriye amarembo yo gushora imari Mu Rwanda

February 12, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?