SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira
Ubukungu

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: February 10, 2025
Share
SHARE

Itangazo ry’ikigo RURA ryasohowe kuri uyu wa Mbere tariki 10, Gashyantare, 2025 rivuga ko litiro ya lisansi igiye kumara amezi atatu igura Frw 1,633 naho iya Mazutu ikagura Frw 1,647.

Leta y’u Rwanda ivuga mu gushyiraho igiciro cy’ibikomoka kuri Petelori isuzuma ibintu byinshi kandi igashyiramo icyo bita ‘nkunganire’ kugira ngo igiciro kidatumbagira.Nta bisobanuro byateye iryo zamurwa ry’ibiciro by’ibikomoka kuri petelori biratangazwa.

Gusa bikunze kuvugwa ko ahanini biterwa n’uko ibikomoka kuri petelori biba bigura ku isoko mpuzamahanga hakiyongeraho n’ibibazo by’ubukungu na politiki biri hirya no hino ku isi.

Muri iki gihe kandi isi ifite ubwoba ko intambara y’ubukungu iri hagati ya Amerika n’Ubushinwa izatuma ubuzima burushaho guhenda.

Intambara y’ubukungu hagati y’ibi bihugu bikize kurusha ibindi ku isi igira ingaruka ku bukungu bw’ibindi bihugu bisigaye.

Ikigo mpuzamahanga gikurikirana ibya Lisansi na Mazutu kitwa Energy Information Administration kivuga ko igiciro cy’ibikomoka kuri petelori cyagabanutseho 0.44%, ibi bikaba byaratangiranye n’umwaka wa 2025.

Iki kigo kandi kivuga ko ako kagunguru kazagura byibura $74 mu mezi menshi agize umwaka wa 2025 naho mu mwaka wa 2026 kakazagura byibura $66.

Litiro ya Lisansi yari Imaze amezi atatu igura Frw 1574 naho iya mazutu yaguraga Frw 1576.

 

Abacuruzi b’ibinono barasaba kubona aho bitunganyirizwa 
U Rwanda rwaje ku mwnaya wa mbere mu bihugu bifite gahunda nziza mu guteza imbere Afurika
Umuyobozi Mukuru wa RDB Clare Akamanzi yabajije ibibazo Perezida Tshisekedi abura ayo acira nayo amira
U Rwanda rwakiriye indege y’imizigo ya Qatar Airways,
ONE CUP Coffee Roasters yashyize igorora abazitabira igitaramo cya Chorale de Kigali
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Lucky Phoenix Megaways

February 25, 2025

What Are The New Pokies With Bonus Machines Available In Australia

September 5, 2023

Finding The Best Slots Irish Casinos On The Net

June 12, 2018

Wow Casino Login

May 28, 2024

Free Play Ie Online Casinos

February 14, 2020

Poker Games Casino Ring

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?