SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Javanix yakoranye indirimbo na Mr Nice bise Hakuna Noma (Video)
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Javanix yakoranye indirimbo na Mr Nice bise Hakuna Noma (Video)
Imyidagaduro

Javanix yakoranye indirimbo na Mr Nice bise Hakuna Noma (Video)

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/01/16 at 4:19 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuhanzi Iradukunda Javan wamenyekanye nka Javanix usanzwe akorera umuziki mu ntara y’uburengerazuba mu karere ka Rusizi nyuma yo gutumira  umuhanzi mugenzi we Mr Nice wakunzwe mu ndirimbo nkabFagilia .Kidalipo , nizindi zatumye akundwa mu myaka yashize hano muri Afurika y’Iburasirazuba bakoranye indirimbo bise Hakuna  Noma .

Mu kiganiro na AHUPA VISUAL RADIO Javanix  ubwo yatuzaniraga iyi ndirimbo yadutangarije aho igitekerezo cyo gukorna indirimbo na MR Nice cyavuye kugeza isohotse .

Yagize ati @ umwka ushize nagiranye  ibiganiro na Mr Nice byari byiza cyane kuko nyuam yo gutaramira mu bice bitandukanye by’u Rwanda haroimo I Kigali  n’I Rusizi yishimiye intambwe  umuziki nyarwanda  ugezeho nibwo  twaganiriye ku mushinga w’indirimbo abyemera atazuyaje  kubera ibihe yagiriye mu Rwanda  ,ikindi yifuzaga gushyira itafari ku muziki nyarwanda nyuma y’imyaka myinshi ataza mu Rwanda .

Ku bijyanye n’izina ryayo rya Hakuna Noma  yadusubije ko ari indirimbo  ivuga ko igihe cyose umuntu agomba  guhorana icyizere cyo  gukora cyan nta kibazo akaba ari indirimbo bageneye abakunzi ba muzik mu rwego rwo kuberaka ko ibintu byose  bishoboka  mu buzima .

Mu gusoza twamubajije igihe ateganyiriza gushyira hanze  umuzingo wa kabiri adutangariza ko  umushinga wose yawurangije nubwo hari indirimbo zimwe atarakorera amashusho kuko yifuza ko umuzingo we  wose indirimbo zizaba ziriho zizaba zifite amashusho ,akaba bigenze neza  yazayishira hanze mu kwezi kwa Munani uyu mwaka .

Indirimbo Hakuna Noma ya Javanix  na Mr  Nice yakozwe mu buryo bw’amajwi na Producer Logic Hit  naho mu buryo bw’amashusho akorwa na Director Oskados .

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 16, 2025 January 16, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Umunyamakuru Nkundineza Jean Paul yatawe muri yombi

October 16, 2023
Andi makuru

Imodoka ya Sosiyete internationsl ikoze Impanuka ikomeye i Rulindob

February 11, 2025
Imyidagaduro

Perezida Ruto yashyize ava kw’izima kukwemeza itegeko rigena ingengo y’imari

June 26, 2024
Andi makuru

Elodie Shami yagizwe Umuyobozi Mukuru wa Imbuto Foundation

March 19, 2024
Andi makuru

Abasirikare 634 ba Centrafrica basoje amahugurwa bahawe na RDF Perezida Touadera ashimira Kagame

August 6, 2024
Imyidagaduro

Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro

January 7, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?