SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Imyidagaduro

Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: January 7, 2025
Share
SHARE

Mu minsi ishize  Polisi  yo mu mujyi wa  Detrpit muri  Leta  zunze ubumwe z’Amerika yafashe icyemezo cyo guta muri yombi umuhanzikazi Nicki Minaj kubera ibyaha yari akurikiranyweho ariko  nyuma  y’iperereza  ryimbitse  ubushinjacayaha  bwafashe  icyemezo cyo gutesha  agaciro  ubwo  busabe bwa Polisi .

Nk’uko byatangajwe na TMZ, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

Nk’uko tubikesha bimwe  mu binyamakuru by’imyidagaduro  muri  icyo gihugu, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

Israel Mbonyi, David Bayingana, Muyoboke na Junior Rumaga berekeje i Burayi 
Riderman na Chris Eazy batumiwe mu birori byo gusoza Champion Leagues byateguwe na B&B FM
Album ya Producer Davydenko na Tuff Gang izajya hanze mu ukuboza
Platin P.Riderman, Bull Dogg , Danny Nanone batumiwe mu iserukiramuco rya “Kivu Beach Festival Rubavu Nziza
Andy Bumuntu yatumiwe mu gitaramo cya ‘Afro Fusion Cuisine’ muri Kenya
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Satoshi Bitcoin Casino

May 28, 2024

Play Free Pokies On Mobile Phone

September 5, 2023

What Are The Best Paypal Virtual Casinos In Ireland For 2023

May 28, 2024

777 Casino Gcash

February 25, 2025
Imyidagaduro

Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame

July 8, 2024

Online Pokies New Zealand Televega

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?