SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro
Imyidagaduro

Ibirego Nicki Minaj yari akurikiranyweho byateshejwe agaciro

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2025/01/07 at 1:23 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Mu minsi ishize  Polisi  yo mu mujyi wa  Detrpit muri  Leta  zunze ubumwe z’Amerika yafashe icyemezo cyo guta muri yombi umuhanzikazi Nicki Minaj kubera ibyaha yari akurikiranyweho ariko  nyuma  y’iperereza  ryimbitse  ubushinjacayaha  bwafashe  icyemezo cyo gutesha  agaciro  ubwo  busabe bwa Polisi .

Nk’uko byatangajwe na TMZ, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

Nk’uko tubikesha bimwe  mu binyamakuru by’imyidagaduro  muri  icyo gihugu, Umuvugizi w’ubushinjacyaha muri Detroit yasobanuye ko impamvu yo kwanga gufunga Nicki Minaj ari uko nta bimenyetso bihagije bihari.

Yakomeje avuga ko ubushinjacyaha bwasabye Polisi gukora irindi perereza ryimbitse, igakusanya ibindi bimenyetso byisumbuyeho.

Mu minsi ishize nibwo Brandon Garrett wahoze areberera inyungu za Nicki Minaj mu muziki, yatanze ikirego cy’uko uyu mugore yamuhohoteye muri Mata 2024.

Garrett ashinja Nicki Minaj ibyaha birimo icyo gukubita, gukomeretsa no guteza nkana akababaro k’amarangamutima. Yabishingiyeho asaba indishyi z’akababaro.

You Might Also Like

Minisitiri Olivier Nduhungirehe mu bihumbi byishimiye alubumu 25shades ya Bwiza

Aalliah Cool yakebuye inkumi ziyambika ubusa zishaka kugaragaza ubwiza bwazo

The Ben yeretswe urukundo n’abakunzi be mu gihugu cya Uganda (Amafoto)

Urukiko rwo mu Bwongereza rwasabiye Chris Brown gufungwa Iminsi 30

Sheilah Gashumba yasabye Mukase kuzabyara abandi bavandimwe babiri

Nsanzabera Jean Paul January 7, 2025 January 7, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Ese ubundi igikorwa cyo kwinjirana abana mu kibuga ku bakinnyi b’umupira w’amaguru gikomoka he?

February 4, 2024
Imyidagaduro

Abantu ntibari kuvuga rumwe ku mafaranga asabwa ngo bazarebe ubukwe bwa The Ben na Pamella .

November 8, 2023
Imyidagaduro

Tonzi yamuritse album ya 9 Kabangaza ahembura Imitima ya benshi mu bari bamukumbuye

April 1, 2024
Imikino

I Mikino Nyafurika ikipe ya REG WBBC yisanze mu itsinda rya Mbere!

December 11, 2023
Imyidagaduro

Ubuhamya bwa Cassie Ventura mu rubanza rwa P Diddy bushobora gutuma afungwa Burundu

May 14, 2025
Andi makuru

Twitter yatangiye gusubiza Blue Tick Abafite ababakurikira miliyoni

April 24, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?