SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare bayo yafashe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare bayo yafashe
Andi makuru

Ukraine yatangaje ko yiteguye gusubiza i Pyongyang abasirikare bayo yafashe

Ahupa Radio
Last updated: 2025/01/14 at 11:32 AM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

Urwego rushinzwe umutekano muri Ukraine rwatangaje ku wa Gatandatu ko bafashe abasirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafatiwe mu Karere ka Kursk mu Burusiya kandi barimo kubazwa i Kyiv.

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelenskyy, yatangaje ko yiteguye gusubiza aba basirikare babiri ba Koreya ya Ruguru bafashwe i Pyongyang nabo bagahabwa imfungwa z’intambara z’Abanya-Ukraine zifungiwe mu Burusiya nk’uko tubikesha Euronews.

Ibi bitangajwe nyuma y’uko Urwego rushinzwe Umutekano muri Ukraine (SSU) rutangaje ku wa Gatandatu ko rwafashe abasirikare babiri baturutse muri Koreya ya Ruguru boherejwe mu Karere ka Kursk mu Burusiya.

Zelesnkyy yagize ati: “Niba Kim Jong Un ndetse yibuka abo baturage be kandi akaba ashoboye gutegura uburyo bwo kubagurana n’abarwanyi bacu bafungiwe mu Burusiya, twiteguye kohereza abo basirikare. Nta gushidikanya ko hazaba izindi mbohe z’intambara z’Abanya-Koreya ya Ruguru.”

Zelenskyy yavuze ko aba basirikare bombi bakomeje kubazwa na SSU babifashijwemo n’abasemuzi b’Abanyakoreya kandi umwe muri abo bagabo ngo yavuze ko ashaka gusubira muri Koreya ya Ruguru mu gihe undi yerekanye ko yifuza kuguma muri Ukraine.

You Might Also Like

Kigali : Umusore wo mu kigero cy’ imyaka 20 yiyahuriye ku nyubako izwi nko kwa Makuza ahita yitaba Imana

Ambasaderi Ernest Rwamucyo yatanze impapuro zimwerera guhagararira u Rwanda muri Kenya

Canal+ Rwanda yashyize igorora abakiliya bayo ibaha Poromosiyo ya Umukiliya n’umwami

Minisitiri Mutamba Constant yitabye ubushinjacyaha ashagawe n’abunganizi 20

Perezida Kagame yasuye ishuri rikuru ry’’ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano muri Algerie

Ahupa Radio January 14, 2025 January 14, 2025
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

Abagore bahize abandi mu bucurunzi n’ubucuruzi bahembwe mu bihembo bya Rwanda Women in Business Awards(Amafoto)

March 22, 2024
Andi makuruImyidagaduro

Mufti Sheikh Sindayigaya Mussa yiyemeje guteza imbere imishinga minini muri Islam

May 27, 2024
Iyobokamana

Sinach yatumiwe mu giterane cya All Women Together

July 17, 2024
Imikino

Manishimwe Djabel yasinyiye ikipe ya Naft Al-Wasat yo muri Iraq.

August 29, 2024
Imyidagaduro

.#Kwibuka31 : Rubyiruko mube ijwi ry’Ukuri ku mateka y’igihugu cyacu mukoresheje Ikoranabuhanga :King James

April 11, 2025
Imyidagaduro

Ibihembo i by’Inganji awards bikomeje guterwa umugongo n’ibyamamare

January 16, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?