SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame
Imyidagaduro

Bwiza yishimiye kuba yaratoranyijwe mu kwamamaza umukandida wa RPF Inkotanyi Paul Kagame

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 8, 2024
Share
SHARE

Mu gihe  ibikorwa byo kwiyamamaza  ku bakandida bahatanira umwnaya w’Umukuru w’igihugu  birimabanije bamwe  mu bahanzi  n’ibindi byamamare mu bintu bitanduaknye hano  mu Rwanda  bikomejekwerekana ko   byishimiye guhabaw amahirwe yo  guherekeza mu bikorwa byo kwamamaza  umukandida  w’Umuryango FPR  inkotanyi Paul Kagame aho yanyuzeho mu turere  dutandukanye  muri abo harimo umuhanzikazi Bwiza .

Bwiza uri mu bahanzi bari guherekeza Perezida Kagame muri gahunda zo kwiyamamaza, yavuze ko ari ibintu abona byihuse cyane nk’umuhanzikazi mushya, icyakora ahamya ko byamushimishije cyane ko zari inshingano ze nk’Umunyamuryango wa FPR Inkotanyi.

Ibi Bwiza yabigarutseho mu kiganiro na IGIHE. Yavuze ko kuba yagera ku rwego rwo guherekeza Perezida Kagame mu bikorwa byo kwiyamamaza ari ibintu byihuse.

Ati “Urumva umuhanzi utaramara imyaka itatu, uyu munsi nkaba umwe mu baherekeza umukandida wa FPR Inkotanyi, ntabwo natinya kuvuga ko ari ibintu byihuse gusa binashimishije.”

Uyu muhanzikazi ni umwe mu bafite indirimbo ‘Ogera’ yakoranye na Bruce Melodie ikaba imwe mu ziri kwifashishwa cyane mu kwamamaza umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame.

Bwiza yavuze ko yishimiye bikomeye kuba ari guherekeza umukandida wa FPR Inkotanyi ariko ahamya ko ari n’inshingano ze nk’umunyamuryango.

Uyu muhanzikazi ugiye gutora ku nshuro ye ya mbere, yavuze ko atari we uzarota umunsi ugera kugira ngo yihitiremo ubuyobozi bumubereye.

Ati “Ni ubwa mbere ngiye gutora, ni amahirwe yanjye kuba ngiye kugira amahitamo ku buyobozi bwanjye, ndizera abantu bumva ibyishimo mfite kuba ngiye gutora bwa mbere.”

Mu butumwa yageneye abakunzi be, Bwiza yavuze ko bakwiye kwitabira amatora ari benshi bityo tariki 15 Nyakanga 2024 bakazahurira kuri site z’itora baha amajwi yabo umukandida wa FPR Inkotanyi Paul Kagame.

Itsinda rya B2C ryageze I Kigali aho ryaje kwitabira igitaramo cya Kigali Jazz Junction
TMC wahoze muri Deam Boys yatunguwe n’abahanzi nyarwanda baba muri Amerika kw’isabukuru ye
Zari arashinja Diamond Platnumz kudaha umwanya abana be .
Niyo Bosco yasinye Amasezerano y’imyaka 3 muri Sunday Entertainment
Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Trump yinjiye mu bucuruzi bwa Bibiliya

March 29, 2024

Sin88 Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

The Top Online Pokies And Casinos In New Zealand Open

May 28, 2024

Which Online Pokies In Au

September 5, 2023

Super Fast Hot Hot Slot

May 28, 2024

Best Casino Gaming Apps

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?