SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha
Imyidagaduro

Jose Chameleon yatumiwe mu gitaramo muri Kigali Universe umwaka utaha

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: December 9, 2024
Share
SHARE

Umuririmbyi w’umunya- Uganda wamenye nka Jose Chameleone, yatangaje ko agiye gukorera igitaramo cye i Kigali mu ntangiriro z’umwaka utaha

Ku wa 3 Gashyantare 2022, nabwo yari yatangaje igitaramo nk’iki. Ariko icyo gihe ntiyari yavuze aho kizabera.

Kuri iyi nshuro yagaragaje ko kizabera muri Kigali Universe, ku wa 3 Mutarama 2024.

Kandi azaba ari wenyine ushingiye ku makuru atangwa nawe. Kuva muri Gashyantare 2022, yatangaza ko azataramira i Kigali, abantu barategereje amaso ahera mu kirere.

Umwe mu bamaze igihe mu muziki w’u Rwanda, yadutangarije ko bijya bibaho umuhanzi agatangaza igitaramo ‘kidahari’ ashaka ko abaterankunga n’abashoramari bamugana bakamufasha gutegura icyo gitaramo kugeza kirangiye.

Uyu muririmbyi aheruka gutaramira mu Rwanda mu mwaka wa 2018, mu gitaramo cya Dj Pius cyo kumurika Album ye yise ‘Iwacu’ cyabereye muri Camp Kigali.

Joseph Mayanja uzwi nka Chameloene ni umuhanzi w’umunya-Uganda ukora umuziki wubakiye ku njyana ya AfroBeat.

Aririmba cyane mu rurimi rw’Icyongereza, Igiswahili na Luganda. Ni umunyamuziki watangiye urugendo mu mwaka wa 1990 ubwo yari mu gihugu cya Kenya, atangiriye mu itsinda rya Ogopa Deejays.

Yavutse ku wa 30 Mata 1979, muri Mata 2023 azuzuza imyaka 44. Afite abana barimo Abba Marcus Mayanja, Amma Christian Mayanja, Alba Shyne Mayanja n’abandi.

Afite abavandimwe barimo Pallaso na Weasel bakora umuziki, ndetse na AK 47 witabye Imana. Kuva mu mwaka wa 2008,

Uyu mugabo yamamaye cyane mu ndirimbo zirimo Badilisha yo mu 2012, Shida Za dunia yo mu 2005, Kuma Obwedisgwa, Tubonge n’izindi.

 

 

Umuhanzi Bebe Cool yaje I Kigali mu ibanga rikomeye
Josh Ishimwe mubazafasha Aline Gahongayire mu gitaramo azakorera mu Bubiligi
Manick Yani Yishimiye gukorana na King James
Ariel Wayz yahishuye imbogamizi abahanzikazi bo mu Rwanda bahura nazo bakijira mu muziki
Bwa mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa rihuza abaririmba Karaoke
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Lightning Link Casino Apk

May 28, 2024

Pokies Casino Online New Zealand

May 28, 2024

Popular Pokies With Welcome Bonus Rounds

September 5, 2023

What Are The Bonus Codes For Dublin Web Casinos In 2023

May 28, 2024

Casino Paypal Withdrawal

February 25, 2025

Slots Plus Casino Bonus Codes 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?