SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Bwa mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa rihuza abaririmba Karaoke
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Bwa mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa rihuza abaririmba Karaoke
Imyidagaduro

Bwa mbere mu Rwanda hateguwe irushanwa rihuza abaririmba Karaoke

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2023/11/25 at 11:25 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Nyuma  y’uko  uruganda  rwo  mu Rwanda  mu myidagaduro rukomeje gutera imbere  amarushanwa y’abahanzi akomeje  kuba menshi kuri  iyi nshuro mu Rwanda hagiye  kuba irushanwa rihuriza  hamwe  abaririmba karaoke .

Iri  rushanwa ryiswe  Karaoke King and  Queen  ryateguwe na  Alaphat  Entertainment  rigamije  guhitamo  umusore  n’umukobwa  uzi kuririmba neza  aho  uzahiga abandi

Mu kiganiro n’itangazamakuru Nkuramuruge  umuyobozi wa  Alaphat  Entertainment  yavuze ko iri  rushanwa  baritekereje  mu rwego rwo gukomeza guteza  imbere abaririmba Karaoke kugira ngo nabo babashe kwiteza imbere mu buzima bwabo nkuko  abanda bahanzi  batunzwe n’akazi bakora .

Yavuze ko iri  rushanwa rizatangira tariki  ya  30 Ugushyingo 2023 aho  abahantana bazatangira  ibikorwa  byo kwigaragaza  bizwi nka Road show mu ntara  zitandukanye  z’u Rwanda .

Umunyarwenya  Seth ubarizwa muri  Zuby Comedy uzaba  ariwe  mushyushya  rugamba  muri  iri rushanwa we yavuze  ko  iri rushanwa barishyiriweho mu rwego rwo guteza imbere  abaririmba Karaoke  kuko  bazabyungukiramo byinshi kandi  bizaba ari igihe cyiza cyo kugaragaza ibyo bakora  kandi bizatuma baruhaho kubona  akazi  ahantu hatandukanye  nko mu mahoteli ndetse  no mu tubari  dutandukanye  mu gihugu .

Yakomeje avuga ko uzitwara neza  bizatuma  aruhaho kumenyekana mu gihugu  hose kabone ko  iryo rushanwa rizajya rinyuma  Live ku isibo Tv ndetse  no mu binyamakuru  bitandukanye  mu gihugu .

Ku bijyanye n’amatora  Alaphat  yavuze ko  bizajya bikorerwa  ku rubuga rwa nonehoevents.com aho  amanita  40% azava mu majwi  yo kuri murandasi ,naho 40% akazatangwa n’akanama  nkemurampaka ,20% akazava muko umutu azaba  yigaragaje  muri road show. Gutira  ijwi rimwe ni amafaranga 100 umuntu  akaba yemerewe gutora inshuro zise zishoboka .

Biteganyijwe ko  amatora  azarangira tariki  ya  1 Mutarama 2024  naho umunsi wa  Finale ube  tariki ya  27  Mutarama  aho  uzaba uzahiga  abandi mu bahungu no mu bakobwa  azahembwa  miliyoni  2  naho uzaba yarakunzwe n’abantu benshi  we  ahembwe miliyoni imwe .

Iki gikorwa cyo gutora  King and queen  muri  Karaoke  cyatewe  inkunga na  Active  Technology company,Home Land  Bar & Restaurant,Relax  Bar &Restaurant ,Top Glass Dealers Ltd ,Isibo Tv   na Inyarwanda  ndetse  ni bindi bitangazamakuru  .

You Might Also Like

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Jose Chameleon yasubukuye igitaramo afite I Kigali

Nsanzabera Jean Paul November 25, 2023 November 24, 2023
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruIyobokamana

Lt Col Simon Kabera yagizwe Umuvugizi Wungirije wa RDF

June 8, 2023
Imyidagaduro

Isimbi Noeline ukina filime z’Urukozasoni yikomye abamwijirira mu buzima .

April 23, 2025
Andi makuru

Jimmy Carter wabaye Perezida w’Amerika yitabye Imana

December 30, 2024
Andi makuru

Abagize amadini ya gikirisitu muri DRC basabye Tshisekedi gushyikirana na M23

February 6, 2025
Andi makuruImyidagaduro

Umunyarwenya Ben Nganji yibarutse ubuheture

February 6, 2023
Andi makuru

Bimwe mu bibazo bitegereje uzasimbura Papa Francis

April 30, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?