SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: 1000 Hills Events na NCDP batanze ibihembo kubagize uruhare mu guteza imbere abamugaye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubuzima > 1000 Hills Events na NCDP batanze ibihembo kubagize uruhare mu guteza imbere abamugaye
Ubuzima

1000 Hills Events na NCDP batanze ibihembo kubagize uruhare mu guteza imbere abamugaye

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2024/12/02 at 5:08 PM
Wakibi Geoffrey
Share
2 Min Read
SHARE

Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 29 Ugushyingo 2024 muri Camp Kigali habereye  umuhango wo  guhemba Ibigo  n’abandi bagize  uruhare mu iterambere ry’abafite ubumuga bahawe ibihembo mu rwego rwo kubashimira ku muhate wabo wo guteza imbere abafite ubumuga byateguwe  1000 Hills Events ifatanyije n’ Inama y’Igihugu y’Abantu bafite ubumuga mu Rwanda  n’abandi bafatanyabikorwa.

Ni gikorwa cyakozwe ku nshuro ya kabiri aho hahembwe ibyiciro bitatu biririmo icy’abantu bafite ubumuga bafite ibikorwa by’indashyikirwa, ibigo bito n’ibiciriritse bigira uruhare mu  guteza imbere abafite ubumuga ndetse n’ibigo binini na byo bishyigikira bafite ubumuga.

Umuyobozi wa 1000 Hills Events yateguye iki gikorwa ,Nathan Offodox Ntaganzwa avuga ko iki gikorwa  gituma  ibigo biha mahiwe abafite ubumuga ku isoko ry’umurimo.

Ati “ Tubihemba kugira ngo  uko umubare w’abantu borohereza abafite ubumuga ugende wiyongera bituma umubare w’abafite ubumuga ku isoko ry’umurimo uba mwinshi bafite akazi. “

Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Inama y’Igihugu y’Abafite Ubumuga (NCPD), Emmanuel Ndayisaba avuga ko iki gikorwa cyo gushimira abafite ubumuga gifasha  kurushaho abafite ubumuga  kuva mu bwigunge.

Ati “ Buriya kuri twe igikorwa cyose kidufasha gutuma abantu babasha kuva mu bwigunge, bakamenya ibikorwa bibateza imbere, tugiha agaciro.”

Akomeza ati  “ Iyo abantu bahuye gutya, abandi bakamenya ibyo abandi bagezeho, bibatera inyota yo gushaka kumenya icyo bakora kututa ko bajya mu bintu bidafite  agaciro nk’abajya gusabiriza n’ibindi.”

Ndayisaba asaba abafite ubumuga gutinyuka bagakora , bakareka  gutega amaboko ku bandi.

Ati “ Ubutumwa twaha abafite ubumuga ni ukumenya ko iterambere ryabo n’iryIgihugu muri rusange bagomba kurigiramo uruhare .Nta muntu wafasha undi ngo amufashe kuva avuka kugeza igihe asoreza ubuzima bwo kuri iyi Isi. Ikiza ni uko umuntu yakwigisha kwirobera ifi aho ujye umurobera.”

.

 

You Might Also Like

Mu Rwanda hafunguwe uruganda rukora Inshinge zo kwa Muganga

Kudasinzira bigabanya ubushake bwo gutera akabariro

Menya byinshi ku gisasu cya Oreshnik cyihuta kurusha ijwi

Minisiteri y’Ubuzima yashyizeho amabwiriza yo kwirinda Marburg kubakora ingendo

The Dr Alfred Paul Jahn Foundation has provided food and hygiene supplies to 170 families (Photos)

Wakibi Geoffrey December 2, 2024 December 1, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ubukungu

ATIDI Insures Loan to Implement 300Euro million Infrastructure Projects in Tanzania funded by Deutsche Bank

July 26, 2023
Andi makuru

Inzibutso 4 za Jenoside yakorewe Abatutsi zashyizwe mu murage w’Isi na UNESCO

September 20, 2023
Andi makuru

Umudage Rudiger Koch yaciye agahigko ko kumara iminsi 120 yibera munsi y’amazi

January 26, 2025
Imyidagaduro

Judy Entertainment yasinyishije itsinda rya Soul Brothers ririmba Gospel

July 19, 2024
Utuntu n'utundi

Indege yarimo Visi Perezida wa Malawi Dr Saulos Klaus Chilima ikomeje kuburirwa irengero

June 10, 2024
Imyidagaduro

Dj Pius agiye gushyira hanze alubumu ye nshya yatuye inshuti ye Rama Isibo yitabye Imana

February 14, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?