SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Hezbollah yishe abasirikare ba Israel
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Hezbollah yishe abasirikare ba Israel
Andi makuru

Hezbollah yishe abasirikare ba Israel

Ahupa Radio
Last updated: 2024/10/14 at 2:16 PM
Ahupa Radio
Share
1 Min Read
SHARE

 

Ibintu byahinduye isura mu ntambara ikomeje guhuza Ingabo za Israel n’umutwe wa Hezbollah, nyuma y’uko wohereje ’drone’ ku birindiro by’Ingabo z’icyo gihugu biri mu Majyaruguru, igahitana abasirikare bane, abandi barenga 60 bagakomereka.

Amakuru ataremezwa neza, avuga ko Umugaba Mukuru w’Ingabo za Israel, Lt.-Gen. Herzi Halevi, ashobora kuba ari mu baguye muri iki gitero, bikavugwa ko uyu mugabo yari muri icyo kigo cya gisirikare ubwo iki gitero cyabaga.

Urubande rwa Israel ntacyo ruravuga kuri iyi ngingo, gusa bimwe mu binyamakuru bikomeye byo muri icyo gihugu byahakanye aya makuru.

Ikindi gitangaje ni uburyo ’drones’ za Hezbollah zabashije kwinjira mu kirere cya Israel, zikarenga ubwirinzi bw’icyo gihugu ndetse zikanabasha kugera ku kigo cya gisirikare.

Ubusanzwe ikintu cyose cyinjiye mu kirere cya Israel cyane cyane iyo ari igisasu cyangwa indi ntwaro, gihita gituma ikoranabuhanga rikoreshwa mu kurinda ikirere cya Israel ritanga intabaza, gusa kuri izi ’drones’ ntabwo ari ko byagenze.

Hezbollah yavuze ko iki gitero cyari kigamije guhangana n’Ingabo za Israel zakomeje urugamba n’uwo mutwe mu Majyepfo ya Liban, ndetse uyu mutwe wasezeranyije ko uramutse ugabweho ibindi bitero, uzakomeza kohereza izindi ’drones’ muri iki gihugu.

 

You Might Also Like

Perezida Paul Kagame yatangiye uruzinduko rw’akazi muri Algeria (Amafoto)

Uganda : Ingabo za UPDF zaburijemo igitero cy’iterabwoba I Munyonyo hagwa babiri

Martin Fayulu udacana uwaka na Tshisekedi biyemeje gufatanya kurwanya Joseph Kabila

I Kigali hateraniye inama itegura ibikorwa by’ingabo za EAC biteza imbere abaturage

RIB yasabye abanyarwanda kwirinda ababashukisha akazi keza mu mahanga bizezwa ubuzima bwiza

Ahupa Radio October 14, 2024 October 14, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

RDC havutse umutwe w’inyashyamba mushya witwa C.R.P uyobowe na Thomas Lubanga

March 26, 2025
Imyidagaduro

Knowless arasaba abanyarwanda kwamagana amahanga akomeje kwibasira u Rwanda

March 7, 2025
Imikino

Murenzi Abdallah na Nkuranga Alphonse beguye mu buyobozi bwa FERWACY

August 31, 2023
Imikino

PSG yegukanye igikombe cya champions League itsinze Inter Milan 5-0(Amafoto)

June 1, 2025
Imikino

Gatera Moussa ashobora kwirukanwa muri Gorilla FC

February 18, 2024
Andi makuru

Jacob Zuma wabaye Perezida w’Afurika y’Epfo yarokotse Impanuka

March 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?