SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Gatera Moussa ashobora kwirukanwa muri Gorilla FC
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imikino > Gatera Moussa ashobora kwirukanwa muri Gorilla FC
Imikino

Gatera Moussa ashobora kwirukanwa muri Gorilla FC

Muhire Jimmy
Muhire Jimmy
Published: February 18, 2024
Share
SHARE

Umutoza w’Ikipe ya Gorilla, Gatera Moussa ari ku gitutu ku buryo igihe icyo ari cyo cyose ashobora kwirukanwa nyuma yo gutsindwa imikino itanu yikurikiranya ya Shampiyona.

 

Gorilla FC yari yatangiye nabi Shampiyona aho yakinnye imikino irindwi ya mbere itarabona intsinzi, yatsinze Amagaju FC igitego 1-0 ku munsi wa munani tariki 22 Ukwakira 2023 ari na bwo yabonye amanota atatu ya mbere.

N’ubwo yakomeje kwitwara neza bya hato na hato ariko intangiriro z’igice cya kabiri cya Shampiyona ntabwo zayigendekeye neza ku buryo kugeza ubu mu mikino itanu iheruka itazi uko intsinzi isa. Mu bitego bitandatu imaze kwinjizwa imaze gutsinda mu izamu rya mukeba igitego kimwe gusa.

 

Amakuru yizewe agera kure AHUPA yemeza ko Umutoza Gatera Moussa yaba ari mu muryango usohoka muri Gorilla FC mu gihe yatsindwa umukino ukurikira kuko Ikipe yaba igana mu Cyiciro cya kabiri.

Umwe mu bayobozi ba Gorilla FC waganiriye natwe  yagize ati “Imikino itanu yose nta ntsinzi? Birakabije. Mu mikino itanu yose twinjije igitego kimwe gusa, reba nko kuri uyu mukino [batsinzwemo na Gasogi United igitego 1-0] nta shoti na rimwe rigana mu izamu ryabonetse ku ruhande rwacu?”

“Dufite abakinnyi beza kuko nibo bakinnye igice kibanza cya Shampiyona, gusa bikomeje gutya ntitwamwihanganira [Umutoza Gatera Moussa].”

 

Kugeza ku munsi wa 20 wa Shampiyona, Gorilla FC iri ku mwanya wa 13 n’amanota 21 inganya na Etincelles FC zirusha rimwe Bugesera FC zirusha kandi umunani Etoile de l’Est ya nyuma na 13 ndetse isa n’iyamaze gusubira mu cyiciro kabiri.

Gatera Moussa ashobora gusezererwa na Gorilla FC nyuma y’imikino itanu nta ntsinzi
Nyuma y’imikino 8 itabona intsinzi, ikipe ya As Kigali yatsinze Rayon Sports
Fitina Ombolega yakiriwe nk’umwana mu rugo muri APR FC
Rutahizamu wa Real Madrid Vinicius Junior yaguze ikipe yitwa FC Alverca
Republican Guard yatsinze Military Police 3-1 muri ½ cya Liberation Cup
Igihe kirageze ngo hakorwe impinduka: KNC Perezida wa Gasogi United!
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

24 Casino Bet Review

February 25, 2025

Red And Black Gambling Game

May 28, 2024

Golden Nugget Sign Up Bonus

May 28, 2024

Lobo 888 Casino 100 Free Spins Bonus 2025

February 25, 2025

Royale500 Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Cash Slots Reviews

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?