SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Andy Bumuntu na Ish Kev9n batumiwe muri Meet me to Night ya Gen Z Comedy

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/10/14 at 2:18 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Abahanzi Andy Bumuntu na Ish Kevin batumiwe mu gitaramo cya Gen-Z Comedy giteganyijwe ku wa 17 Ukwakira 2024, iho kuri iyi nshuro bazaba bibanda ku gukangurira urubyiruko kwita ku buzima bwo mu mutwe.

Fally Merci usanzwe ategura ibi bitaramo, yadutangarije  ko yahisemo gutumira aba bahanzi kuko bakunzwe n’urubyiruko kandi  ataribo banyuma kuko bazajya bakomeza gutumira abantu bafite  ibyo bagezeho kandi  basangiza urubyiruko

Ati “Turi mu cyumweru cyo kwita ku buzima bwo mu mutwe, mu gitaramo cyacu rero abahanzi barimo Andy Bumuntu na Ish Kevin bazaba batuganiriza kuri iyi ngingo, icyakora hari n’ibindi byinshi tuzaganira birimo no kurebera hamwe aho imyiteguro y’igitaramo cyitiriwe ‘YB Foundation’ igeze.”

Fally Merci yavuze ko buri gitaramo atumira abantu bo kuganiriza urubyiruko hagendewe kuri gahunda igezweho mu gihugu.

Ati “Turicara nk’itsinda ritegura ibi bitaramo, tukareba gahunda ihari kandi yashishikaza urubyiruko, nyuma tugategura uburyo twaganira nabo.”

Uretse aba bahanzi, iki gitaramo giteganyijwe kubera muri Camp Kigali ku wa 17 Ukwakira 2024 kizitabirwa n’abanyarwenya biganjemo abubakiye izina muri Gen-Z Comedy nka Rumi, Pilate na Kampire.

 

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul October 14, 2024 October 14, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

Mukansanga Salma yahagaritse akazi ko gusifura

October 22, 2024
Imyidagaduro

Nigeria : Mr Ibu wamenyekanye muri sinema yitabye Imana

March 3, 2024
Imyidagaduro

Miss Uwase Raissa Vanessa yahishuye ko nta mugabo n’inzoga akifuza mu buzima bwe

October 5, 2023
Andi makuru

Umuhungu w’umuvugizi wa Putin ‘yagiye muri Wagner’ muri Ukraine

April 24, 2023
Andi makuru

Brian Mulroney wabaye Minisitiri w’Intebe wa Canada yapfuye

March 1, 2024
Andi makuru

Ambasaderi Yuval Waks wa Israel yasohowe nabi muri Kaminuza y’i Dakar

May 28, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?