SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Nigeria : Mr Ibu wamenyekanye muri sinema yitabye Imana
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Nigeria : Mr Ibu wamenyekanye muri sinema yitabye Imana
Imyidagaduro

Nigeria : Mr Ibu wamenyekanye muri sinema yitabye Imana

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: March 3, 2024
Share
SHARE

John Ikechukwu Okafor wamamaye nka Mr. Ibu muri sinema ya Nigeria (Nollywood) yitabye Imana azize uburwayi.

 

Uyu mukinnyi wa filime w’imyaka 62, yari amaze amezi atanu ahanganye n’uburwayi bwateraga kuvura kw’amaraso mu bice by’amaguru, bwatumye acibwa ukuguru mu mpera z’umwaka ushize nyuma yo kubagwa inshuro zirenga zirindwi.

Mr Ibu yaguye mu bitaro bya Evercare Hospital biri i Lagos. Kugeza ubu umuryango we ntabwo uratangaza byinshi ku rupfu rw’uyu mugabo usize abana batatu.

Iby’urupfu rwe byemejwe n’umujyanama we Mr Don Single Nwuzo wabitangarije Emeka Rollas, umuyobozi w’ihuriro ry’abakinnyi ba filime muri Nigeria.

Mu 2022 Mr Ibu yatangaje ko yarozwe inshuro nyinshi n’abantu batandukanye harimo na bamwe mu bagize umuryango we batishimiye iterambere rye.

Muri Gashyantare 2024, Polisi ya Nigeria yatangaje ko yataye muri yombi abana ba Mr Ibu, bazira umugambi wo kuriganya Miliyoni 55 z’ama-Naira (arenga Miliyoni 76Frw) yatanzwe n’abagiraneza yo kuvuza umubyeyi wabo.

Uyu mukinnyi wa filime wanyuze benshi bitewe n’urwenya rwe, yamamariye muri filime zitandukanye zirimo “Mr Ibu”, “Mr Ibu in London”, “Police Recruit”, “A Fool At 40” n’izindi.

Tic Tac Foods iyoborwa na Frederick yatanze amafaranga yemeye yo gufasha abana ba Jay Polly
Miss Popularity w’u Burundi 2023 Uwera Ricky Tricia yishimiye guhura na Dr.Marie Claudine Mukamabano
Sherrie Silver yahishuye agahinda yatewe na Ethiopian Airlines yataye imizigo ye
Umunyamakuru Paul Rutikanga yasezeranye mu mategeko n’umukunzi we
RDB yashyize igorora abakunzi ba Manyinya kubera iminsi mikuru
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Bet365 European Roulette Help Australia

February 25, 2025

Beach Hotel Pokies

May 28, 2024

Tax Free Pokies No Deposit Needed

September 5, 2023

Video Poker Casino Australia Bonus Codes 2025

February 25, 2025

Popular Pokies Welcome No Deposit Bonus

September 5, 2023

Casino Glory Login App Sign Up

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?