SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Sherrie Silver yatumiye Run Town mu birori bya The Silver Gala
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Sherrie Silver yatumiye Run Town mu birori bya The Silver Gala
Imyidagaduro

Sherrie Silver yatumiye Run Town mu birori bya The Silver Gala

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/09/05 at 7:05 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Douglas Jack Agu uzwi nka  Run Town  ukunzwe cyane muri Nigeria no muri Afurika muri rusange, ategerejwe i Kigali aho yaherukaga gutaramira mu 2017 ubwo yari yatumiwe mu gitaramo cyari cyiswe ‘Runtown Experience Kigali’.

Uyu muhanzi uri mu bakomeye muri Afurika ategerejwe i Kigali ku wa 6 Nzeri 2024 aho azagera yitabiriye ibirori bya ‘The Silver Gala’ byateguwe na Sherrie Silver abinyujije mu muryango we Sherrie Silver Foundation.

Ibi birori biteganyijwe kubera muri Kigali Convention Center ku wa 7 Nzeri 2024.

Amakuru  yizeye  atugeraho ni uko uretse kuba uyu muhanzi agiye kwitabira ibi birori ashobora no kuzataramiramo bizitabirwa n’abandi bantu bakomeye mu myidagaduro baturutse mu mpande zitandukanye zo kw’isi , ibi bisobanuye ko azaba yiyongereye kuri Nkusi Arthur uzayobora ibi birori afatanyije na Makeda mu gihe Miss Nishimwe Naomie ari we uzayobora ibirori byo gutambuka ku itapi y’umutuku.

Mu bazatanga ibiganiro harimo Sherrie Silver, The Ben na Fred Swaniker. Ni mu gihe ku rundi ruhande abazataramira abazitabira ibi birori barimo abana bo muri Sherrie Silver Foundation na Boukuru.

Abazitabira ibi birori bazaba bacurangirwa umuziki na DJ Toxxyk afatanyije na DJ Sonia.

Mu minsi ishize Sherrie Silver yahishuye ko Childish Gambino na Will Smith bazifatanya na we muri ibi birori nubwo bo batazabasha kugera i Kigali.

Biteganyijwe kandi ko undi  muntu uzwi cyane utegerejwe I Kigali ari Peter Obi wahoze ari guverineri wa Anambara muri Nigeria ugomba kuhagera  uyu mugoroba  akaba umwe mu bantu bakomeye  bazitabira ibi birori .

Sherrie Silver azwi cyane mu bikorwa by’ubugiraneza ndetse no kubyina kw’isi hose
Run Town ni umwe mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda yahaherukaga ubwo yitabiraga igitaramo yari yahuriyemo na Sheebah Karungi mu mwaka wa 2017

You Might Also Like

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Asinah Erra yagejeje ikirego cy’umunya-eritrea uherutse kumukubita urushyi muri RIB

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Nsanzabera Jean Paul September 5, 2024 September 5, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Sonia yahagaritse gufasha umushinga wa Maisha Africa

March 9, 2023
Imyidagaduro

Phil Peter agiye gutaramira ku mugabane w’Uburayi

June 6, 2023
Imyidagaduro

Marcus Jordan umuhungu wa Michael Jordan yatawe muri yombi akukiranyweho gukoresha ibiyobyabwenge

February 5, 2025
Imikino

UEFA: Man City yatereye ibaba imbere y’abafana itsindwa 3 kuri 2 na Real Madrid

February 12, 2025
Andi makuruIyobokamana

Imbamutima z’Umuramyi Jeanne Dufashwanayo wizihije isabukuru y’amavuko

August 13, 2024
Andi makuru

Ingabo za SADC zigiye kwinjira mu ntambara ya DRC na M23

May 9, 2023

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?