SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda
Imyidagaduro

Brian Avie yahishuye ko gusubiramo indirimbo Omubiri na Afrique Joe bigiye kumufungurira inzira mu Rwanda

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: July 19, 2024
Share
SHARE

Umuhanzi wo mu gihugu cya Uganda Brian Baguma uzwi kw’izina rya Brian Avie yahishuye ko gusubiranamo indirimbo Omubiri na Afrique wo mu Rwanda bigiye kumufungurira inzira nziza .

Uyu muhanzi mu minsi yashize yagiye atangaza ko ahura n’ibibazo bitandukanye mu gihugu cye kugeza ubwo yashatse kureka umuziki burundu ariko agasanga byose atacika intege ahitamo  kwagurira umuziki mu bihugu byo mu karere.

Brian Avie yemeza ko gutsimbarara kwe kukuguma mu muziki bitangiye gutanga umusaruro nyuma yo kugaragaza ubuhanga budasanzwe bwo kuririmba ndetse no kwandika indirimbo byagaragaje impano ye .

Mu kiganiro na kimwe mu binyamakuru bikomeye muri Uganda yavuze ko atekereza ko gukomeza gukorera ahantu hamwe bitatuma isoko ry’umuziki we ryaguka kuko bisigaye bivugwa ko umuziki wa Uganda utakirenga imipaka akaba ariyo mpamvu yafashe inzira yo guhindura imikorere akava ku isoko ryaho akaryagurira ahandi ariyo mpamvu yahisemo gukorana na Afrique wo mu Rwanda

Brian yakomeje avuga ko urugendo rwe muri Kigali rwatanze umusaruro kandi yishimiye uburyo Afurika y’Iburasirazuba ishobora kugera ku mishinga nk’iyi y’ubufatanye.

Indirimbo Omubiri Remix yakozwe mu mezi make ashize ikorwa mu buryo bw’amajwi na Producer Nessim uri mu bakuzwe muri uganda .

Mu gihe amashusho yatunganyirijwe mu Rwanda akorwa n’umwe mu bayobozi beza mu gukora amashusho mu Rwanda Fayzo Pro

Ubusanzwe Brian Avie yamenyekanye mu ndirimbo nka Njakulinda, Kubaala, Ekyama, Nkuwadde, Sex Money, ni zindi nyinshi zagiye zikundwa muri Uganda.

 

Uwicyeza Pamella yatunguriye umugabo The Ben mu birori by’isabukuru I Mombasa
Bruce Melodie yashyize hanze indirimbo sowe yakozwe n’abahanga muri Nigeria itwara akayabo
The Ben yakiranywe ubwuzu n’urukundo byinshi I Bujumbura (Amafoto )
Abarimo Bwiza bitabiriye ibirori bya The Stage Showcase(Amafoto)
Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Pay By Phone Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024
Imyidagaduro

Miss Muheto Divine yasabiwe gufungwa Umwaka n’amezi 8

October 31, 2024

Casinos That Accept Flexepin

February 25, 2025

Free Online Pokies Free Spins

May 28, 2024

No Deposit Required Electronic Casino Ireland

May 28, 2024

Average Online Gambling Spend Ireland

April 19, 2017

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?