SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Orchestre Impala ku bufatanye na Skol na Mopas bateguye igitaramo cyo kwizihiza umunsi wa muzika
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Orchestre Impala ku bufatanye na Skol na Mopas bateguye igitaramo cyo kwizihiza umunsi wa muzika
Imyidagaduro

Orchestre Impala ku bufatanye na Skol na Mopas bateguye igitaramo cyo kwizihiza umunsi wa muzika

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/06/17 at 5:57 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Ku wa 21 Kamena 2024 ubwo hazaba hizihizwa umunsi mpuzamahanga w’umuziki, abahanzi bakora umuziki uyunguruye ujyana n’ibicurangisho (Live) bazasusurutsa abantu rwagati mu mujyi wa Kigali.

Mu gikorwa cyatewe inkunga na Skol, abakora umuziki mu Rwanda biganjemo abacuranzi bamenyerewe mu bitaramo byagutse bagiye guhurira mu gitaramo kizabera mu Imbuga Car Freezone.

Paco uri mu bari gutegura iki gikorwa mu kiganiro n’itangazamakuru yagize ati”Twaguye nka Vanginganzo CBC ishyirahamwe ry’abacuranzi bacuranga muri Hoteli, Bar no mu birori bitandukanye.”

Yavuze kandi ko ari ibyo kwishimirwa kugeza ubu ko bizihiza uyu munsi mpuzamahanga w’umuziki buri gihe hari intambwe imaze guterwa

Mu bazataramira abazitabira harimo Orchestre Impala, Makanyaga, Orchestre les Fellows, Les Ambassadeurs de la Rhumba, Dauphin Band, El Pedro na Paco XL Band

Iki gikorwa cyatewe inkunga n’uruganda rukora ibiyobwa bisembuye n’ibidasembuye rwa Skol Breweries ndetse na Mopas icunga imbuga Car Free zone  kizatangira ku isaha ya saa Cyenda.

You Might Also Like

Abamurikamideli 15 nibo batsindiye gukorana na Naf Model Empire

Bushali ,Muhinde, Umushumba barishimiwe cyane mu gitaramo baherutse gukorera I Musanze (Amafoto)

Bishop Gafaranga yatawe muri yombi na RIB

Iserukiramuco rya ‘Oldies Music Festival’uyu mwaka rizarangwa n’udushya twinshi

P Diddy agiye kuburanishwa mu mizi

Nsanzabera Jean Paul June 17, 2024 June 17, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Ubuyobozi bwa Gen-Z Comedy bwasinyanye amasezerano y’imikoranire n’umujyi wa Kigali

February 6, 2025
Imyidagaduro

Imbamutima za Massamba na Aline Gahongayire nyuma yo kugirwa b’Ambasaderi bo kumenyekanisha u Rwanda mu mahanga

December 4, 2023
Imyidagaduro

John Legend utegerejwe na benshi yasesekaye I Kigali (Amafoto)

February 21, 2025
Imyidagaduro

Ykee Benda yakiriye agakiza ahagarika kuririmbira mu tubari

March 8, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yakebuye abishyuza amazu mu madorali

January 10, 2025
Andi makuru

Perezida Paul Kagame yageze I Dar Es Salam aho yitabiriye inama ihuza abakuru b’ibihugu bya EAC na SADC

February 8, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?