SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: #Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > #Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze
Imyidagaduro

#Kwibuka30 : Isimbi Model yagaragaje agahinda aterwa na se wishwe mu Jenoside atabonye aho umukobwa we ageze

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: April 9, 2024
Share
SHARE

Umunayamideli akaba  n’umwe mu badamu babashabitsi bazwi hano  mu Rwanda  muri  iki gihe abanyarwanda ndetse n’isi yose bari mu cyunamo cya Jenoside yakorewe Abatutsi muri Jenoside yo muri 1994 yagaragaje agahinda aterwa  na  se wishwe muri Jenoside  atabonye  aho umukobwa bwe ageze nyuma y’imyaka 30  yiyubatse .

Uyu  mubyeyi  ufite umugabo umwe n’umwana umwe w’umuhungu  abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje agahinda aterwa n’urupfu rw’umubyeyi we .

Ni mu butumwa buri mu magambo y’icyongereza ariko mu Kinyarwanda ugenekereje  ni ubutumwa  bwuje agahinda yagize ati ” Rimwe na rimwe nibaza niba umbonye aho hejuru uri hari byinshi mba nifuza kuba nakubwira ariko ni byiza Papa  ubu  umwana wawe  w’umukobwa  n’indwanyi nkwifurije kumbona nonaha  ntakiri umukobwa mutoya uzi ,Papa ubu ndi umugore  ,ufite ufite umwuzukuru w’umuhungu ndetse n’umukwe warikuzamukunda  rwose  wari kuzamukunda

Gusa buri munsi ndagukumbura  wagiye ukiri muto kandi hakiri kare  ariko  ngusezeranyije ko utazigera wibagirana  icyivi cyawe  Nzacyusa

Ngaho urabeho  unsuhurize Mama  na Nyogokuru ,Sogokuru ba Masenge ndetse n’basaza banjye bato kandi ndizera ko igihe kimwe tuzongera guhura kandi nzakomeza izina ryawe n’amaraso yawe

Uyu  mubyeyi kandi  yaboneyeho kwihanganisha abanyarwanda bose  muri ibi bihe bikomeye   twibuka abatutsi barenga miliyoni  bishwe mu gihe cy’iminsi ijana  gusa bazira uko bavutse , anasaba  urubyiruko guhaguruka rukarwanya buri wese ushaka kurushora mu ngengabitekerezo ya Jenoside yakorewe Abatutsi kuko uyu ariwo mwanya mwiza  wo  kwibuka kandi  Twiyubaka.

 

Teta Diana yakumbuje ubuhanga bwe abanyakigali mu gitaramo yakoreye Atelier du Vin
Cecile Kayirebwa agiye gushimirwa uruhare mu guteza imbere umuziki gakondo mu Rwanda
Massamba agiye gukorera igitaramo muri Uganda
Niragire Marie France yatorewe kuyobora Rwanda Film Federation
Abarimo Marchal Ujeku begukanye ibihembo byinshi muri East Africa Arts Entertainment Awards
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Dublin Before Casinos

May 28, 2024

Slotino Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2024

May 28, 2024

Vegas Regal Casino No Deposit Bonus Codes For Free Spins 2025

February 25, 2025

Play Card Games No Deposit Ireland

November 17, 2018

Famous Casino Ipad Real Money Ie

May 15, 2020

Woohoo Casino Login

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?