SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Ubukungu > Kwamamaza > Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe
KwamamazaUbukungu

Abagore bitabiriye ibirori bya El Classico Women Day bishimiye serivise bahawe

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/03/10 at 3:51 PM
Nsanzabera Jean Paul
Share
3 Min Read
SHARE

Ku wa  gatanu  tariki ya 8  Werurwe  2024 nibwo isi yose yizihizaga umunsi mpuzamahanga wahariwe  umugore  , uwo munsi byari ibirori bikomeye no mu Rwanda  haba muri Kigali ndetse no mu ntara zose ariko ibya akarusho hari  muri El Classico Chez West  I Rubavu ahari hateguwe ibirori byiswe El Classico Women Day. 

Ibyo birori  byari birangajwe imbere MC Hadja bae, Selekta Daddy, Dj Brazza, MC Dj Isma na Dj Willy byari  byitabiriwe  n’amatsinda y’abagore  bakora imirimo itandukanye  mu mujyi wa Rubavu no  mu nkngero zawo  aho uwageraga  muri El Classico  yabonaga ko ari umunsi w’abagore .

Kuri munsi wari wahariwe Abagore El Classico yari  yabateguriye Promotion ku binyobwa  byose byo mu Rwanda ndetse niyo kubyo kurya aho bari bashyizeho  gahunda ya Tamira Ifi Munyarwanda aho umukiliya wese wahasohokeye  yirira ifi yoroshye barobye  ako kanya  mu kiyaga cya Kivu.

Mu kiganiro na Ahupa  Radio umudamu witwa  Kubwimana Rose  yadutangarije ko  kuba barahise kujya kwizihiriza umunsi wahariwe umugore kw’isi muri El Classico aruko  iteka iyo bahasohokeye  bizihirwa cyane kubera  Serivise  zaho ari ntakemwa  bakorera  ku Gihe .

Undi witwa Mwanaidi  Assia  we yatubwiye  ko mu buzima bwe  mu myaka amze akorera  ubucuruzi muri  Rubavu ntahandi hantu asohokera uretse  muri El Classico we n’umuryango we  ,akaba yarashishikariye abagize itsinda  babao ko ariho bazajya  kwizihiriza umunsi mukuru mpuzamahanga wabahariwe ,bakibyinira bakanirira  ifi iryoshye bafata nicyoku nywa .

Ku Ruhande rwa Nshimiyimana Onesphore uzwi nka West akaba nyiri El Classico  we  ydutangarije  ko  kuba  barateguye  uriya munsi bashaka kwifatanya n’abagore ndetse na bashiki babo kwizihiza umunsi  wabahariwe kuko nu bundi iyo usohokeye El Classico  buri week end usanga benshi mu bakiliya babo baba bahari ari igitsina gore akaba ariyo mpamvu  nabo yabashyiriyeyo umunsi wo kwishimana nabo nkuko mu buzima busanzwe buri munsi mukuru wose  ubaye mu Rwanda basanzwe bategura  ibirori byo kwishima .

El Classico Beach Chez West ni hamwe mu hantu heza I Rubavu hagezweho muri iki gihe; uhasohokeye uhagirira ibihe byiza amafunguro ateguranye ubuhanga, ibyo kunywa ndetse n’ubwato bugutembereza mu Kiyaga cya Kivu. Ku mwihariko w’ingendo zo mu mazi, iyo muhaje muri abantu barenze icumi babatembereza mu Kiyaga cya Kivu ku buntu. Niba hari igitekerezo cyangwa serivise ushaka kuhabaza , iyi nimero iragufasha +250 783 256 132 na +250 789 400 200.

You Might Also Like

Kaizen Hotel yashyize igorora abakiliya bayo ba siporo na sauna Massage

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

Ibiciro by’ibikomoka kuri Peterol byongeye gutumbagira

Marchal Real Estate Developers yashyize igorora abakundana ku munsi wa St Valentin

Tic Tac Restaurant & Lounge yahembwe nka Fast Food nziza y’umwaka muri SEA 2024

Nsanzabera Jean Paul March 10, 2024 March 10, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Gloria Busingye yashyizwe ku rutonde rw’abahanzi bagomba gukumirwa muri Uganda

December 11, 2024
Imikino

Robinho yakatiwe gufungwa imyaka icyenda

March 21, 2024
Imyidagaduro

Safi yashyize hanze indirimbo “Valentino “yakoreye mu Brazil bitungura benshi

February 9, 2024
Imyidagaduro

Ozone Entertainment yatangije ikigo cy’abanyamideli yise NAF Model Empire

April 25, 2025
Imyidagaduro

Knowless ntiyemeranywa n’abategura ibitaramo mu Rwanda

November 11, 2023
Imyidagaduro

Alliah Cool yasangiye n’abakunzi be mu gikorwa cyo kwerekana Filime yakinnyemo yitwa the Waiter

January 20, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?