Icyamamare mu mukino wo kwiruka marathon Eliud Kipchoge yunamiye mugenzi uherutse kwitaba Imana Kelvin Kiptum witabye Imana azize impanuka y’imodoka ari kumwe n’umutoza we w’Umunyarwanda .
Uyu mukinnyi nyuma y’icyumweru mugenzi ashyinguwe mu gace k’Iwabo I Chepkorio muri Elgeyo Marakwet akabura uko amushyingura yagize ixyo avuga ku rupfu rwe .
Kipchoge nubwo atigeze abona uko yitabira umuhango wo kumushyingura kuri uyu wa Gatanu tariki ya 01 Werurwe 2023 mu kiganiro n’Itangazamakuru I Tokyo mu buyapani yagize icyo avuga kuri Kelvin .
Yagize ati “ Kelvin muri uyu mwuga wacu yariri gutera imbere cyane kuko yakoraga neza akaza mu bakinyi b’indobanure .
Uy mugabo wegukanye agahigo muri Marathon muri 2021 uri mu myiteguro mu buyapani yavuze ko yatewe agahinda kenshi ku byabaye kuri mugenzi bakinanaga .
Hari ibyifuzo byinshi. ”Yakomeje agira ati: Icyakora, yakomeje asobanura kandi ko imikino Olempike yo muri Nyakanga 2024 itazamera nta Kiptum nubwo ataratangira imyitozo yo gusiganwa wenyine.
“Bitandukanye gato” Kipchoge yatangiye kwitegura imikino Olempike iteganijwe muri Nyakanga uyu mwaka.
Kelvin Kiptum na Eliud Kipchoge bombi bari biteganijwe ko bazitabira imikino Olempike ku nshuro yabo ya mbere nyuma yuko ishyirahamwe ry’mikino ngororamubiri muri Kenya ryari ryabohereje nk’ikipe ihagarariye Kenya i Paris muri Mutarama

