SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Chris Brown yakoze amateka yo kugurisha amatike menshi mu gihe gito muri Afurika y’epfo na Brasil
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Chris Brown yakoze amateka yo kugurisha amatike menshi mu gihe gito muri Afurika y’epfo na Brasil
Imyidagaduro

Chris Brown yakoze amateka yo kugurisha amatike menshi mu gihe gito muri Afurika y’epfo na Brasil

Nsanzabera Jean Paul
Nsanzabera Jean Paul
Published: October 4, 2024
Share
SHARE

Nyuma y’amasaha abiri gusa Chris Brown ashyize hanze amatike yo kwinjira mu bitaramo ateganya gukorera muri Afurika y’Epfo no muri Brazil ku wa 14 Ukuboza 2024 no ku wa 21 Ukuboza 2024, yamaze gushira ku isoko.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Chris Brown yavuze ko yishimiye kuba amatike y’igitaramo cye cyo muri Afurika y’Epfo giteganyijwe ku wa 14 Ukuboza 2024 yashize ku isoko, anaboneraho gutangaza ko abacikanwe bashyiriweho ikindi gitaramo kizaba bukeye bwaho ku wa 15 Ukuboza 2024.

Itike ya make muri iki gitaramo yari iri kugura ama Rand ya Afurika y’Epfo 400 ni ukuvuga arenga ibihumbi 30Frw, mu gihe iya menshi yo yaguraga ama Rand ya Afurika y’Epfo 4300 ni ukuvuga arenga ibihumbi 330Frw.

Abacikanwe no kugura amatike y’iki gitaramo bamenyeshejwe ko ayo ku wa 15 Ukuboza 2024 azashyirwa hanze ku wa 4 Ukwakira 2024.

Ibyabaye ku bitaramo byo muri Afurika y’Epfo ni nako byagenze mu gitaramo ateganya gukorera muri Brazil ku wa 21 Ukuboza 2024 kuko nabyo mu masaha abiri amatike yari amaze gushira ku isoko ahita yongeraho igitaramo kizaba ku wa 22 Ukuboza 2022.

Ibi bitaramo kimwe n’ibindi byinshi uyu muhanzi amaze iminsi akora mu bihugu n’imijyi itandukanye, ni ibyo kumenyekanisha no gucuruza album ye nshya yise 11:11 iri mu ziyoboye izikunzwe ku Isi.

Umuhanzi Rashid Son yashyize hanze indirimbo Africa ivuga ku mateka yayo (Video )
Tity Brown yasabiwe gufungwa imyaka 25 mu rubanza rwaranzwe n’Impaka ndende
50 Cent yihaye yo kumara umwaka adatera akabariro
Nemeye Platini yishimiye ko umuhigo yiyemeje wo gufasha abana ba Jay Polly yawesheje
Perezida Ruto yashyize ava kw’izima kukwemeza itegeko rigena ingengo y’imari
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Ireland Live Blackjack Online

May 28, 2024

Extra Spel Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024

Wild Spins Promo Code

May 28, 2024
Imyidagaduro

Abaraperi 9 bakunzwe mu Rwanda bazahurira mu gitaramo cya Nyega Nyega I Huye .

May 23, 2023

Western Gold Megaways

May 28, 2024

Mahti Casino 100 Free Spins Bonus 2024

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?