SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Abasirikare bacu 31.000 nibo bamaze kugwa ku rugamba : Perezida Zelesky
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Abasirikare bacu 31.000 nibo bamaze kugwa ku rugamba : Perezida Zelesky
Utuntu n'utundi

Abasirikare bacu 31.000 nibo bamaze kugwa ku rugamba : Perezida Zelesky

Wakibi Geoffrey
Last updated: 2024/02/26 at 12:00 PM
Wakibi Geoffrey
Share
1 Min Read
SHARE

Perezida wa Ukraine, Volodymyr Zelensky, yatangaje ko abasirikare ibihumbi 31 b’igihugu cye, bamaze gupfira mu ntambara yashojwe ku butaka bwe n’u Burusiya.

Yavuze ko adashobora gutangaza imibare y’abakomeretse kuko byaba ari ugufasha u Burusiya muri gahunda zabwo z’urugamba. Nubwo yavuze ko atatangaza uwo mubare, abakurikiranira hafi iby’iyi ntambara, bavuga ko abapfuye ari benshi.

Aya magambo ayavuze mu gihe Minisitiri w’Umutekano mu gihugu cye, yavuze ko kimwe cya kabiri cy’inkunga ibihugu byo mu Burengerazuba bw’Isi bigenera Ukraine muri iyi ntambara, itinda ku buryo bigira ingaruka ku buzima bw’abaturage.

Zelensky ku Cyumweru yari yatangaje ko azatangaza imibare y’abapfuye mu gushyira umucyo ku mibare u Burusiya bwavugaga, we afata nk’idafututse.

Yagize ati “Ibihumbi 31 by’Abasirikare ba Ukraine nibo bapfiriye muri uru rugamba. Ntabwo ari ibihumbi 300 cyangwa se ibihumbi 150 n’indi mibare Putin n’abambari be babeshya. Gusa buri wese watakaje ubuzima bwe, ni igihombo gikomeye kuri twe.”

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Wakibi Geoffrey February 26, 2024 February 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Semuhungu yavuye imuzi ibya Traffic n’umushinga we yise Semuhungu Experience

May 2, 2025
Andi makuruUbukungu

Africa Energy Expo 2024: Rwanda Commits to Supporting the Development of Clean Energy

November 7, 2024
Imyidagaduro

Dj Pcee na Justin99 bagezweho muri Afurika y’Epfo batumiwe mu gitaramo Intore Sundays

May 17, 2023
Imyidagaduro

Amahoteli n’utubari byashyizwe igorora mu minsi mikuru

December 10, 2024
ImikinoImyidagaduro

Gasogi United ya KNC yageze muri ¼ cyígikombe cy’amahoro

February 19, 2025
Imyidagaduro

Minisitiri Sandrine Umutoni yashimiye Sherrie Silver kubw’ibikorwa by’intangarugero akora

February 29, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?