SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye

Gossip Kigali
Last updated: 2024/02/20 at 7:46 PM
Gossip Kigali
Share
1 Min Read
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2024, yashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure bwe.

Jean Michel Sama Lukonde yari amaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa RD Congo.

Perezidansi ya RDC ibinyujije ku rubuga rwa X, yemeje ko ubwegure bwa Sama Lukonde bwakiriwe na Perezida Tshisekedi.

Ubwegure bwa Sama Lukonde ni igisobanuro cy’uko na Guverinoma yari ayoboye ihita iseswa.

Ntabwo hatangajwe impamvu y’ubwegure bwe, gusa umwaka ushize yatorewe kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC nk’Umudepite.

Guverinoma ya Lukonde yari yiganjemo amaraso mashya, kuko 80% by’abari bayigize bari bashya muri iyo mirimo.

Yagaragayemo ubwiyongere bw’abagore bageze kuri 27%, mu gihe impuzandengo y’imyaka y’abayigize yari 47 gusa.

Intego zayo za mbere zari ukwita ku kibazo cy’umutekano cyabaye ndanze cyane cyane mu Burasirazuba bwa Congo.

Lukonde arinze yegura avugorizwa induru n’abanye-Congo bavuga ko Guverinoma ye yari igizwe n’abanya ntege nke bananiwe gutsinda M23.

Iyi Guverinoma kandi yari yiyemeje guteza imbere uburezi, ubuzima, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi, ibikorwa remezo ndetse n’ikoranabuhanga.

You Might Also Like

Tomiko Itooka wari ukuze kurusha abandi kw’isi yitabye Imana ku myaka 116

Meet Amb. Kingsley Amafibe A Vocal Advocate Of Unity and Peaceful Co-existence

Namibia yangiye ubwato bwa MV Kathrin bwari butwaye intwaro muri isarel guhagara ku cyambu cyayo

Bahati Makaca yikomye abategaga urugo rwe iminsi

Donald Trump na Kamala Harris guhurira mu kiganiro mpaka

Gossip Kigali February 20, 2024 February 20, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imikino

APR BBC yatsinzwe umukino wayo wa mbere mu maso ya Perezida Kagame na Madamu (Amafoto)

May 21, 2025
Imyidagaduro

Niyonizera Judith yamaze kubona gatanya ye na Safi Madiba

April 26, 2023
Imyidagaduro

Itorero inganzo ngari ryahembuye imitima ya benshi mu gitaramo Ruganzu II Ndoli abundura u Rwanda (Amafoto)

August 5, 2023
Imyidagaduro

Kidumu agiye gukorera ibitaramo by’umwaka mushya muri canada

December 29, 2024
Andi makuru

Gen (Rtd) Kabarebe yagaragaje umugambi mubisha wa Tshisekedi wamupfubanye

March 5, 2025
Imyidagaduro

Tonny Unique yapfushije Umubyeyi

March 1, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?