SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Utuntu n'utundi > Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye
Utuntu n'utundi

Minisitiri w’Intebe wa RDC Sama Lukonde yeguye ku mirimo ye

Gossip Kigali
Gossip Kigali
Published: February 20, 2024
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Repubulika ya Demokarasi ya Congo, Sama Lukonde, kuri uyu wa Kabiri tariki ya 20 Gashyantare 2024, yashyikirije Perezida Félix Tshisekedi ibaruwa y’ubwegure bwe.

Jean Michel Sama Lukonde yari amaze imyaka itatu ari Minisitiri w’Intebe wa RD Congo.

Perezidansi ya RDC ibinyujije ku rubuga rwa X, yemeje ko ubwegure bwa Sama Lukonde bwakiriwe na Perezida Tshisekedi.

Ubwegure bwa Sama Lukonde ni igisobanuro cy’uko na Guverinoma yari ayoboye ihita iseswa.

Ntabwo hatangajwe impamvu y’ubwegure bwe, gusa umwaka ushize yatorewe kwinjira mu Nteko Ishinga Amategeko ya RDC nk’Umudepite.

Guverinoma ya Lukonde yari yiganjemo amaraso mashya, kuko 80% by’abari bayigize bari bashya muri iyo mirimo.

Yagaragayemo ubwiyongere bw’abagore bageze kuri 27%, mu gihe impuzandengo y’imyaka y’abayigize yari 47 gusa.

Intego zayo za mbere zari ukwita ku kibazo cy’umutekano cyabaye ndanze cyane cyane mu Burasirazuba bwa Congo.

Lukonde arinze yegura avugorizwa induru n’abanye-Congo bavuga ko Guverinoma ye yari igizwe n’abanya ntege nke bananiwe gutsinda M23.

Iyi Guverinoma kandi yari yiyemeje guteza imbere uburezi, ubuzima, ubutabera, ubuhinzi, uburobyi n’ubworozi, ibikorwa remezo ndetse n’ikoranabuhanga.
Inzu y’umupfumu Rutangarwamaboko yahiye irakongoka
Century Park Hotel and Residences yashimiye abakozi bahize abandi muri 2023
Bobi Wine yasabye abarwanashyaka b’ishyaka rya NUP kuzamutora muri 2026
Bill Richardson wigeze kuba Ambasaderi wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Loni, yitabye Imana 
Apôtre Yongwe yajuririye mu rukiko rwisumbuye
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Wowvegas Casino Review And Free Chips Bonus

May 28, 2024
Andi makuru

Guverinoma y’u Rwanda yihanganishije ababuriye ababo mu mpanuka ya bisi nini

February 12, 2025

Digital Gambling Game

February 25, 2025

What Is The Best Slots Bonus In Ireland For 2023

May 28, 2024

No Registration New Casino Demo For Ie Players

June 21, 2019

$200 No Deposit Bonus 200 Free Card Games Ie 2023

May 28, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?