SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Pasteur Pierre Kasambakana ushinjwa gufata abagore ku ngufu yajyanywe gufungirwa muri gereza ya Makala
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Iyobokamana > Pasteur Pierre Kasambakana ushinjwa gufata abagore ku ngufu yajyanywe gufungirwa muri gereza ya Makala
ImyidagaduroIyobokamana

Pasteur Pierre Kasambakana ushinjwa gufata abagore ku ngufu yajyanywe gufungirwa muri gereza ya Makala

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/02/02 at 10:22 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
2 Min Read
SHARE

Umuyobozi w’itorero Primitive  ry’I kinshasa muri Repubulika  Iharanaira demokarasi ya Congo  uzzwiho kugira  abagore benshi witwa  Pasitero  Pierre Kasambakana wari umuze igihe afugiye  mu bushinjacyaha bukuru mu mu ntangiriro z’icyumweru  gishize  ku wa Mbere  tariki ya 23 Mutarama 2024 yajyanywe gufungirwa muri Gereza nkuru ya Makala I Kinshasa

Uyu mukozi w’imana arashinjwa kugira abagore benshi gufata ku ngufu abagore ndetse no gushingiranwa nabo ku gahato

Uyu  mugabo ntago afunzwe wenyine  kuko  ari kumwe  na  Bwana Mubiala  umubyeyi  w’umwana w’umukobwa witwa Meda  wari washyingiranywe nuyu mu pasiteri ku ngufu .

Ifungwa ry’uyu mugabo rije nyuma yifatwa rye  ndetse n’ibazwa byabereye  mu bushinjacyaha bukuru bw’urukiko rw’ubujurire bwo mu gace ka Gombe  I Kinshasa

Mu bindi  uyu mukozi w’imana zwiho ni ukuba afite abagore  benshi  cyane  ,mu minsi yashize  ubwo yizihizaga imyaka 17 isihze arongoye  mu mashusho yagaragaye ku mbuga nkoranyamba uyu pastier yagaragaye ari kumwe n’umwna w’umukobwa muto  bigaragara ko atujuje imyaka 18

Uyu mushumba ufite abagore benshi ubwo  yakoraga  ubukwe bwe bwa 17.  Iki gihe yagaragaye  ari hamwe n’umukobwa ukiri muto ufite imyaka isa nkiri munsi y’imyaka 18.  Amashusho y ubukwe bwa 17 bw’uyu mukozi w’imana  yasangijwe na beshi ku mbuga nkoranyambaga  ndetse anavugisha benshi ku buryo  yasabirwaga gufungwa kubera ibikorwa bye binyuranye n’amahame y’idini yayoboraga

You Might Also Like

The Ben yaciye amarenga yo gukora igitaramo cya Kabiri cya New Year Groove

Aline Gahongayire yijeje abo mu Bubiligi igitaramo cy’amashimwe

Bwiza yashyize hanze amashusho y’indirimbo Nasara ashimira Producer Loader wamubaye hafi mu rugendo rwe

Umunyarwenya Dr Kingsley wigaruriye imitima y’abanyarwanda agiye gukorera igitaramo I Kigali

Kera kabaye Kenny Sol yasohotse muri 1:55 AM

Nsanzabera Jean Paul February 2, 2024 January 31, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Imyidagaduro

Kendrik Lamal yageze i Kigali ahishwe mu buryo bukomeye

December 5, 2023
Imyidagaduro

John Wick 4 : Keanu Reeves n’ibyamamare byayikinnyemo byunamiye Lance Reddick uherutse kwitaba Imana (Amafoto )

March 22, 2023
Imyidagaduro

Filme yitwa Moana2 yaciye agahigo ko kwinjiza miliyoni 600 muri Box Office

December 10, 2024
Andi makuru

RIB yatangaje ko dosiye ya Junior Giti na Chris Eazy yamaze kugezwa mu bushinjacyaha

April 6, 2023
Andi makuru

Haiti : Dr Garry Conille yagizwe Minisitiri w’Intebe

May 29, 2024
Andi makuru

Dj Brianne yabatijwe mu itorero rya Elayono Pentecost Blessing Church,

June 9, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?