SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Aa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Imyidagaduro > Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano
Imyidagaduro

Okkama yashimangiye ko kuba umugore we atagaragara mu itangazamakuru bibaha umutekano

Nsanzabera Jean Paul
Last updated: 2024/01/26 at 11:34 AM
Nsanzabera Jean Paul
Share
1 Min Read
SHARE

Umuhanzi Nyarwanda Okkama yahishuye ko we n’umugore we babyaranye umwana w’imfura bahuriye ku mbuga nkoranyambaga

Ossama Masut Khalid ubusanzwe niyo mazina ye ariko yamamaye nka Okkama mu ndirimbo zitandukanye zirimo “Toto’ ‘Lotto’ yakoranye na Kenny Sol, ‘Puculi’ ‘Iyallah’ “Tsaper ‘ n’izindi kugeza kuri ‘Wallah’ aherutse gushyira hanze.

Uyu musore urugendo rwe rwa muzika mu buryo bweruye rwatangiye mu 2020 ubwo yashyiraga hanze indirimbo “Loto” acyiga ku ishuri ryugisha umuziki rya Nyundo, inzuzi  ze ntizatinze kwera kuko yamenyekanye akiri ku ntebe y’ishuri.

Mu kiganiro Meet me Tonight cya Gen Z Comedy Show, yabajijjwe  byinshi ku bijyanye  n’umuryango  ndetse n’umugore  we aho yashimangiye byinshi  kuko bamenyanye  mbere y’uko  babyarana  .

Ubwo  umwe mu banyamakuru yamubazaga  niba koko umugore adakoresha  imbuga nkoranyambaga  cyane  yamusubije  ko ahubwo we avuga ibyo atazi  kuko bamenyaniye ku mbuga nkoranyambaga .

Abajijwe  ku kuba nta bantu benshi  bamubona  mu itangazamakuru Okkama yavuze ko ari ibintu yishimira kuba  ari umwana we n’umugore we batajya mu itagazamakuru cyane abyishimira kuko byaba ari ukubijirira mu buzima bwabo kandi abyishimira cyane kubera bibaha umutekano uhagije

You Might Also Like

EAP na MTN Rwanda bateguje ibitaramo bya iwacu na Muzika muri iyi mpeshyi

Igitaramo cyo kumurika alubumu nshya ya Bebe Cool kitabiriwe n’ibyamamare byinshi (Amafoto)

Bebe Cool ntiyemeranywa na Eddy Kenzo ukomeje kuvuga ko abahanzi ba Uganda basuzuguwe

Alliah Cool na Kevin Kade mu byamamare byitabiriye ubukwe bwa Juma Jux I Dar Es Salaam

Chameleone na Weasel bishimiye ibikorwa by’ishuri rya muzika rya Nyundo

Nsanzabera Jean Paul January 26, 2024 January 26, 2024
Share This Article
Facebook Twitter Email Print
Leave a comment Leave a comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuruImyidagaduro

Jack Ross wakoranye na Producer Junior yashenguwe n’urupfu rwe

July 31, 2023
Imyidagaduro

#Kwibuka31:Umunyarwenya witwa Kingsley yifatanyije n’Abanyarwanda Kwibuka ku nshuro ya 31 Jenoside yakorewe Abatutsi

April 8, 2025
Andi makuru

Gen Muhoozi yahishuye ko ingabo za UPDF zishobora gufata Kisangani

March 24, 2025
Kwamamaza

Iduka Sea2City ryongeye kudabagiza abatunze inyamaswa zibana n’abantu ku bikoresho byazo

March 12, 2025
Imikino

Abafite ubumuga:Shampiyona ya Sitting Volleyball yagarutse!

January 11, 2024
Imyidagaduro

Nigeria : Mr Ibu wamenyekanye muri sinema yitabye Imana

March 3, 2024

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?