SUBSCRIBE
AHUPA VISUAL RADIO - Live
  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Reading: Gen Muhoozi yahishuye ko ingabo za UPDF zishobora gufata Kisangani
Share
AHUPA VISUAL RADIO - LiveAHUPA VISUAL RADIO - Live
Font ResizerAa
Search
Have an existing account? Sign In
Follow US
© Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
AHUPA VISUAL RADIO - Live > Blog > Andi makuru > Gen Muhoozi yahishuye ko ingabo za UPDF zishobora gufata Kisangani
Andi makuru

Gen Muhoozi yahishuye ko ingabo za UPDF zishobora gufata Kisangani

Ahupa Radio
Ahupa Radio
Published: March 24, 2025
Share
SHARE

Umugaba Mukuru w’Ingabo za Uganda akaba n’umuhungu wa Perezida Yoweli Museveni, kuri iki cyumweru, yatangaje ko ingabo ze cyangwa M23 zishobora kwinjira mu Mujyi wa Kisangani wo muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo mu minsi ya vuba iri imbere.

Gen Muhoozi, mu butumwa yanyujije ku rubuga rwa X, yavuze ko “ Ingabo za Uganda cyangwa M23 zishobora kuba zizaba ziri mu Mujyi wa Kisangani mu cyumweru kimwe.”

Ni ubutumwa bwaje bukurikira ubundi bugira buti “ Nakiriye ubutumwa bwinshi bwa Watsap bw’abaturage batuye Kisangani. Ejo tuzafata uyu mujyi niba Muzehe ( Museveni) abitwemereye. Baturage ba Kisangani , tuje ku babohora. Ingabo z’Imana ziraje.”

Kisangani ni umujyi wa kane wa Congo uzwiho ubucuruzi bw’ibintu bitandukanye  by’umwihariko ukarangwamo n’ibirombe by’amabuye y’agaciro, kimwe n’umujyi wa Lubumbashi.

Mu gihe M23 cyangwa ingabo za Uganda zaba zinjiye muri aka gace, byasubiza inyuma intambwe igamije guhosha imirwano yari imaze kugerwaho.

Kugeza Ubu umutwe wa M23 wamaze gufata ibice binini bya Kivu ya Ruguru n’iy’Epfo mu Burasirazuba bwa DRCongo.

Uyu mutwe mu mpera z’iki cyumweru watangaje ko warekuye umujyi wa Walikale ku mpamvu yo kubahiriza ibiganiro by’amahoro no gutanga agahenge kumvikanyweho.

 

Hezbollah yishe abasirikare ba Israel
Leta Zunze Ubumwe z’Amerika zatoye umwanzuro ujyanye no Kwibuka 29
Kigali: Hateraniye inama y’amashami agize umuryango wa EAPCCO
Hotel Muhabura yafashwe n’inkongi y’umuriro bimwe mu bikoresho birakongoka
Joseph Kabila yagiranye inama nyunguranabitekerezo n’abayobozi b’amadini muri Goma
Share This Article
Facebook Email Print
Leave a Comment Leave a Comment

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

New Releases

- Advertisement -
Ad image

Trending Stories

Andi makuru

Michelle Obama akomeje kwibasirwa nyuma yo kutitabira umuhango wo gushyingura Jimmy Carter

January 10, 2025

What Online Gambling Sites Offer Blackjack And Are Licensed In Ireland

July 20, 2020

Silversands Casino Sister Sites

May 28, 2024

Wizard Of Oz Slots Zynga

May 28, 2024

Site Of Pokies Cheats

September 5, 2023

Casino Moons Casino Usd 100

February 25, 2025

Dukurikire

AHUPA VISUAL RADIO - Live

© AHUPA RADIO. All Rights Reserved.

Ibyiciro

  • Ahabanza
  • Imyidagaduro
  • Ubukungu
  • Ubukungu
  • Utuntu n’utundi
  • Imikino
  • Radio Series
  • Ubuzima
Welcome Back!

Sign in to your account

Username or Email Address
Password

Lost your password?